Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda Yarekuye Abarobyi 36 Bo Muri RDC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda Yarekuye Abarobyi 36 Bo Muri RDC

admin
Last updated: 12 August 2021 10:35 am
admin
Share
SHARE

Igisirikare cya Uganda cyarekuye abarobyi 36 bamaze ibyumweru bafungiwe muri gereza ya Katwe muri icyo gihugu, bafashwe bashinjwa kuvogera amazi ya Uganda mu kiyaga cya Edward, kiri hagati y’ibihugu byombi.

Umuyobozi w’abarobyi bo mu gace ka Kyavinyonge, Noé Mbusa Kavasya, yatangaje ko batanu mu barekuwe basabwe kubanza kwishyura $300 buri umwe, mu gihe abandi 21 barekuwe hagendewe ku masezerano yo guhererekanya imfungwa.

Bijyanye n’ayo masezerano, abarobyi barindwi bo muri Uganda bari barafatiwe mu kiyaga ku ruhande rwa Congo nabo bashyikirijwe Uganda nk’uko Radio Okapi yabitangaje

Barekuwe nyuma y’ibiganiro byahuje impande zombi, RDC ihagarariwe na Admiral Ngoy Egide uyobora ingabo zishinzwe kurinda ibiyaga bya Edward, Albert na Kivu, hamwe na Colonel Dick Kiirya Kaija ukuriye Uganda Fisheries Protection Unit (FPU).

Nubwo abarobyi barekuwe, Noé Mbusa Kavasya yavuze ko ingabo za Uganda zirwanira mu mazi zanze gutanga ibikoresho abarobyi bafatanywe, birimo ubwato buto 250 na moteri 250.

Yavuze ko ibiganiro bikomeje hagati y’ibihugu byombi kugira ngo biriya bikoresho nabyo bitangwe.

Aba barobyi barekuwe kuri uyu wa Gatatu

TAGGED:AbarobyiEdwardIkiyagaKivuRDCUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article COVID-19: Ingendo Zimuriwe Saa Mbili, Insengero Na Resitora Birakomorerwa
Next Article U Rwanda Rwinjiye Mu Bufatanye Na IFC Mu Mushinga w’Uruganda Rw’Inkingo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?