Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda Yasubije U Rwanda Abandi Baturage Barwo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda Yasubije U Rwanda Abandi Baturage Barwo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 February 2021 5:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi ba Uganda bashinzwe abinjira n’abasohoka, abo mu nzego z’umutekano n’abo mu nzego z’ibanze basubije u Rwanda abaturage barwo barindwi bari bamaze igihe bafungiwe yo.

Bari barafashwe n’inzego z’umutekano za Uganda zibakurikiranyeho ubutasi.

Abasubije inzego z’abinjira n’abasohoka z’u Rwanda ni  barindwi  barimo n’uruhinja rw’amezi 12 rwitwa Uwisanyu Kirabu Ester.

Abandi bagejejwe ku mupaka wa Kagitumba ni Hakuzimana w’imyaka 40 y’amavuko, Ngoga Nzamukosha Diane  w’imyaka 36,  Ndagijimana Augustin w’imyaka 44, Semahoro Kado  w’imyaka 27, Nzeyimana Fidele w’imyaka 27 na Uwayisaba Angelique w’imyaka 24 wari ufite rwa ruhinja rw’umwaka umwe twavuze haruguru.

Bakigera ku mupaka bapimwe icyorezo COVID-19 basanga ni bazima.

Inzego z’u Rwanda zabakiriye zivuga ko Ngoga Nzamukosha Diane agaragaza ibimenyetso by’uko yakorewe iyicarubozo, akaba yagiye kwitabwaho n’abavuzi.

U  Rwanda rumaze igihe ruvuga ko Uganda igomba kurekura abaturage barwo ifunze mu buryo budakurikije amategeko ndetse rukavuga ko habaye hari abo Uganda ifiteho ibimenyetso by’uko baje kuyineka yabageza mu nkiko.

Inama zahuje inzego z’ibihugu byombi zafashe imyanzuro mu bihe bitandukanye ariko kugeza ubu intambwe yatewe kugira ngo yose ishyirwe mu bikorwa iracyari nto.

TAGGED:AbanyarwandaAbayobozifeaturedRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dr Stella Nyanzi Utavuga Rumwe Na Museveni Yahunze Igihugu
Next Article CHAN 2020: Mali Na Maroc Nizo Zizahurira Kumukino Wanyuma Mumikino Ya CHAN 2020
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afghanistan: Umutingito Wishe Abantu 600

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?