Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Abanyarwanda Bitwaye Muri Shampiyona Zo Hanze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Uko Abanyarwanda Bitwaye Muri Shampiyona Zo Hanze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2021 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bamwe mu Banyarwanda bakina muri Shampiyona zo hanze bitwaye neza abandi biranga. Hari abatarakiniye amakipe yabo,  ariko ntibyabujije ko atsinda.

Abo twahisemo kubagezaho ni aba:

1. Nirisarike Salomon: Asanzwe akina muri  Ururtu FC iri mu cyiciro cya mbere muri Armenia.  Amaze igihe kinini muri iyi kipe. Umukino yakinnye mu mpera z’icyumweru gishize ikipe ye yatsinzwe 2-0.

2. Rwatubyaye Abdul:Asanzwe akinira FC Shkupi yo muri Macedonia. Aherutse gusinya amasezerano yo kuzayikinira muri uyu mwaka w’imikino.

Abdul Rwatubyaye

Ikipe ye yitwaye  neza kuko yatsinze na Borec FC  1-0, ubu ikaba iri ku mwanya wa kabiri  ku rutonde rw’agateganyo n’amanota 36.

Irushwa amanota atandatu  n’iya mbere.

3.Djihad Bizimana ukinira Waasland Beveren.  Ntaheruka mu kibuga. Mu mpera z’Icyumweru gishize, Ikipe ye  yanganyije igitego kimwe kuri kimwe  mu mukino  wayo na  Sporting Charles Roi iri ku mwanya wa nyuma.

Bizimana Djihad

4. Mukunzi Yannick: Akina mu ikipe yo muri Suwede yitwa Sandvikens IF. Iyi kipe iri  mu cyiciro cya cya gatatu. Ikipe akinira mu cyumweru gishize yaratsinzwe, itsindirwa ku kibuga cyayo IFK Goteborg .

5. Haruna Niyonzima:  N’ubwo atakinnye mu mukino ikipe akinira Yang Africans iherutse gukina na Mtibwa Sugar 1-0 , ntibyayibujije kuyitsinda 1-0. Young Africans niyo iri ku mwanya wa mbere n’amanota 49.

Yannick Mukunzi

6. Mugiraneza Jean Baptitse (Migi): Ikipe ye yitwa KMC iherutse gutsinda Kagera Sugara ibitego 3-0. Migi ntiyakinnye uriya mukino.

KMC iri ku mwanya wa gatanu n’amanota 31.

Migi
TAGGED:DjihadNiyonzima
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Igiciro Fatizo Cy’Icyayi n’Ikawa By’u Rwanda Cyazamutse Ku Isoko Mpuzamahanga
Next Article Ambasaderi W’u Butaliyani Muri DRC Yishwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?