Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ULK Iri Kuzamura Ubumenyi Bwa Ba Rwiyemezamirimo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

ULK Iri Kuzamura Ubumenyi Bwa Ba Rwiyemezamirimo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 January 2024 8:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ba rwiyemezamirimo bo mu bigo bikiyubaka n’abandi bafite aho bagejeje batangiye amahugurwa y’uburyo barushaho gucuruza bunguka. Ni amahugurwa bari guherwa muri Kaminuza yigenga ya Kigali mu kigo cyayo kitwa ULK Business Incubation Center.

Iki kigo kiri gufatanya uyu murimo n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n’Ikigo Kigali Business Angel.

Zimwe mu mbogamizi zigaragara mu rubyiruko rw’u Rwanda ni ukutagira ubumenyi buhamye butuma ruhanga umurimo uzaramba.

Umurimo uzaramba uhera ku gitekerezo kizima kandi cyubatse ku buryo ishyirwa mu bikorwa ryacyo ritazabangamirwa n’uko kizwe nabi.

Abahugura uru rubyiriko ni abahanga mu bucuruzi, ubukungu no guhanga imirimo batandukanye.

Barimo kandi abashoye imari ikazamuka, ikunguka, hakabamo  abanyamabanki, abayobozi n’abandi

Umuyobozi wari uhagarariye Kaminuza ya ULK mu itangizwa ry’aya mahugurwa witwa Dr.Roger Mugabe yasabye abo ba rwiyemezamirimo bato ko ubumenyi bagiye guhabwa budakwiye kuzaba impfabusa.

Avuga ko baramutse babukoresheje neza byazababera uburyo bwiza bwo kwiteza imbere n’igihugu cyabo kikunguka.

Dr. Mugabe avuga ko  Kaminuza yigenga ya Kigali, ULK, izakomeza kubaba hafi mu kubungura ubumenyi no  kubunganira mu bindi bazakenera.

Umwe muri ba rwiyemezamirimo  witwa Ruhinda Jean Bosco usanzwe unigisha muri ULK Business Incubation Center avuga ko burya amahirwe abaho ariko bisaba kuyashaka ukayabona kandi wayabone ntuyarekure.

Abahuguwe nabo bahawe umwanya wo kubaza ibibazo ku byo bigishijwe

Yabwiye abari aho ko kuba rwiyemezamirimo bisaba guhozaho.

Mu gihe ayo mahugurwa azamara, abahuguwe bazahabwa amasomo n’abantu batandukanye bikorera ku giti cyabo cyangwa bakorera ibigo by’imari n’iby’ubucuruzi bitandukanye.

TAGGED:AbanyeshuriImariKaminuzaRwiyemezamirimoUbumenyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ruhango: Umwe Mu Banyeshuri 72 Bari Bararwariye Icyarimwe Yapfuye
Next Article Ibyo u Rwanda Rwishimira Mu Rwego Rw’Uburezi Mu Myaka 7 Ishize
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?