Mu rwego rwo guteguza Abanyarwanda, Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere mu Rwanda (Meteo Rwanda) kivuga ko mu minsi icumi(10) iri imbere, hateganyijwe imvura ‘nyinshi cyane’ irimo n’inkuba....
Barabivuga ababyumvise bakagira ngo ni amashyengo y’abahanga mu by’ubuzima baba bashaka gukora raparo ngo birire amadolari. N’ubwo hari abantu bavuga ko iby’uko ibinyabuzima biri gushira ku...
Siyansi ni uruhurirane rw’ubumenyi runaka afite yakuye ku kwitegereza ibintu, kumenya uko bikora n’uko bikorana ndetse no kumenya uko byagirira abandi akamaro. Icyakora Siyansi nazo zigira...
Mu rwego rwo gufasha urubyiruko ruba mu midugudu y’Icyitegererezo kugira ubumenyi buzarufasha guhanga imirimo ntirubere ababyeyi cyangwa abaturanyi umutwaro, abagize Ikigo kitegamiye kuri Leta kitwa FESY...
Buri taliki 23, Mata, buri mwaka isi izirikana akamaro k’ibitabo mu bantu. Ibitabo nibyo bikoresho byagiriye abantu akamaro kurusha ibindi nyuma y’ubuhinzi. Ubuhinzi bwatumye bakura hafi...