Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubano W’Afurika N’Uburusiya Warakaje Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umubano W’Afurika N’Uburusiya Warakaje Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 July 2023 8:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe i Moscow bishimira ko hari ibihugu by’Afurika byitabiriye Inama yabihuje n’Uburusiya, i Washington ho mu maso harijimwe.

Hijimye kubera ko ubutegetsi bwa Biden butishimiye ko hari umubano ugaragara kandi ukomeye hagati y’Uburusiya na bimwe mu bihugu by’Afurika.

Umujinya w’Amerika watangajwe n’Umunyamabanga w’Amerika wungirije ushinzwe iby’ubukungu, kurwanya iterabwoba n’ibyaha by’ubukungu witwa Brian Nelson.

Yabwiye Perezida wa Kenya William Ruto ko ibihugu byumva ko bikwiye gukorana n’Uburusiya ndetse na Iran biri kwishyira mu muhezo kuko bishobora kuzabigiraho ingaruka mu gihe kiri imbere.

Kuri Amerika, gukorana na Iran n’Uburusiya ni ukwisibira amayira.

Nelson avuga ko kuba Uburusiya na Iran biri mu kato mu rwego rw’isi, ari byo bituma bishaka abandi byakorana nabo.

Ni mu rwego rwo kwivana mu bwigunge.

Ibyo Nelson avuga kandi bireba na Kenya kuko iherutse kwakira Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi wasuye Nairobi mu gihe gito gishize.

Yarahavuye ajya i Kampala nyuma akomereza i Harare muri Zimbabwe.

Brian Nelson yabwiye The East African ko Amerika idashaka kugira uwo ari we wese itegeka uwo akorana nawe, ariko ngo amahitamo ya buri gihugu agomba gukorwa hazirikanwa ingaruka bizagira.

TAGGED:AfurikaAmerikaBurusiyafeaturedKenyaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kayonza: Ubukangurambaga Bwo Kwirinda Ubwandu Bwa SIDA Burakomeje
Next Article Kagame Yakiriye Brammertz Ushinja Abaregwa Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?