Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubyigano W’Abafana Kuri Stade Waguyemo Abantu 12
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umubyigano W’Abafana Kuri Stade Waguyemo Abantu 12

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2023 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka.

Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alianza FC na Club Deportivo FAS wabereye kuri stade yakira abantu 44,000 yitwa Cuscatlan stadium iba mu murwa mukuru, San Salvador.

Federasiyo y’Umupira w’amaguru muri kiriya gihugu yacishije ubutumwa kuri Twitter bwihanganisha abo mu miryango yaburiye ababo muri urita muvundo.

Imikino ya shampiyona y’iki gihugu yahise ihagarara kandi Perezida wa kiriya gihugu atangaza ko hagomba gukorwa iperereza ryimbitse kuri buri rwego rwagize uruhare muri uriya mukino.

Ni ukugira ngo harebwe niba ahantu hose hashobora kuba harabaye icyuho cyatumye imidugararo izamuka.

Perezida wa El Salvador witwa Nayib Bukele yategetse Polisi n’ubugashinjacyaha bukuru bwa Repubulika guhagurukira iki kibazo, iperereza ryimbitse rigakorwa.

El Salvador ni igihugu gito kiba muri Amerika y’Amajyepfo bita Latina Amerika

Ku wundi mugabane w’isi witwa Aziya mu mwaka wa 2022( hari Ukwakira) muri Indonesia habereye umubyigano waguyemo abantu 135.

Byabereye mu Ntara ya Java.

Umuhanzi Casmir Zao Zoba wo muri Congo-Brazzaville yigeze kuririmba avuga ko umupira w’amaguru atari intambara.

Umuhanzi Casmir Zao Zoba
TAGGED:El SalvadorfeaturedImikinoStadeUmubyiganoUmuvundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jimmy Mulisa Aranugwanugwa Gutoza Amavubi
Next Article Hasomwe Misa Yo Kwibuka Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yazimye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?