Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubyigano W’Abafana Kuri Stade Waguyemo Abantu 12
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umubyigano W’Abafana Kuri Stade Waguyemo Abantu 12

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2023 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka.

Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alianza FC na Club Deportivo FAS wabereye kuri stade yakira abantu 44,000 yitwa Cuscatlan stadium iba mu murwa mukuru, San Salvador.

Federasiyo y’Umupira w’amaguru muri kiriya gihugu yacishije ubutumwa kuri Twitter bwihanganisha abo mu miryango yaburiye ababo muri urita muvundo.

Imikino ya shampiyona y’iki gihugu yahise ihagarara kandi Perezida wa kiriya gihugu atangaza ko hagomba gukorwa iperereza ryimbitse kuri buri rwego rwagize uruhare muri uriya mukino.

Ni ukugira ngo harebwe niba ahantu hose hashobora kuba harabaye icyuho cyatumye imidugararo izamuka.

Perezida wa El Salvador witwa Nayib Bukele yategetse Polisi n’ubugashinjacyaha bukuru bwa Repubulika guhagurukira iki kibazo, iperereza ryimbitse rigakorwa.

El Salvador ni igihugu gito kiba muri Amerika y’Amajyepfo bita Latina Amerika

Ku wundi mugabane w’isi witwa Aziya mu mwaka wa 2022( hari Ukwakira) muri Indonesia habereye umubyigano waguyemo abantu 135.

Byabereye mu Ntara ya Java.

Umuhanzi Casmir Zao Zoba wo muri Congo-Brazzaville yigeze kuririmba avuga ko umupira w’amaguru atari intambara.

Umuhanzi Casmir Zao Zoba
TAGGED:El SalvadorfeaturedImikinoStadeUmubyiganoUmuvundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jimmy Mulisa Aranugwanugwa Gutoza Amavubi
Next Article Hasomwe Misa Yo Kwibuka Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yazimye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?