Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba W’Ingabo Za Senegal Yaje Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umugaba W’Ingabo Za Senegal Yaje Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2024 2:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 General Mbaye Cissé uyobora ingabo za Senegal yasuye icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda kiri ku Kimihurura.

Yakiriwe na General Mubarak Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda.

Hari kandi na Minisitiri w’ingabo Juvenal Marizamunda, hanyuma we n’abagize itsinda rye babona kuganira n’ingabo z’u Rwanda ku mikoranire.

General Mbaye Cissé yavuze ko imikoranire hagati y’ingabo z’ibihugu byombi ishinjiye no ku mubano mwiza hagati ya Kigali na Dakar.

Ingabo za Senegal zatangiye gukorera mu Rwanda ndetse no mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi ubwo zari ziri mu butumwa bw’amahoro bwa MINUAR.

General Mbaye avuga ko mu myaka iri imbere ubufatanye hagati y’ingabo za DRC ni iz’u Rwanda bazakorana mu gutoza abasirikare ba Senegal.

Umugaba w’ingabo yanasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi ndetse n’ngoro imurikwamo amateka yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi no kubohora u Rwanda.

TAGGED:featuredIngaboMugangaRDFSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yasabye Urubyiruko Kudapfusha Ubusa Ubuto Bwaryo
Next Article Nyanza: Bakanzwe No Kubona Uwo Bari Bazi Ko Bashyinguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?