Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba W’Ingabo Za Senegal Yaje Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umugaba W’Ingabo Za Senegal Yaje Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2024 2:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 General Mbaye Cissé uyobora ingabo za Senegal yasuye icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda kiri ku Kimihurura.

Yakiriwe na General Mubarak Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda.

Hari kandi na Minisitiri w’ingabo Juvenal Marizamunda, hanyuma we n’abagize itsinda rye babona kuganira n’ingabo z’u Rwanda ku mikoranire.

General Mbaye Cissé yavuze ko imikoranire hagati y’ingabo z’ibihugu byombi ishinjiye no ku mubano mwiza hagati ya Kigali na Dakar.

Ingabo za Senegal zatangiye gukorera mu Rwanda ndetse no mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi ubwo zari ziri mu butumwa bw’amahoro bwa MINUAR.

General Mbaye avuga ko mu myaka iri imbere ubufatanye hagati y’ingabo za DRC ni iz’u Rwanda bazakorana mu gutoza abasirikare ba Senegal.

Umugaba w’ingabo yanasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi ndetse n’ngoro imurikwamo amateka yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi no kubohora u Rwanda.

TAGGED:featuredIngaboMugangaRDFSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yasabye Urubyiruko Kudapfusha Ubusa Ubuto Bwaryo
Next Article Nyanza: Bakanzwe No Kubona Uwo Bari Bazi Ko Bashyinguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

Kuba Twahurira Washington Tukagira Ibyo Twemeranyaho Ni Ikintu Cyiza-Kagame

Papa Lewo XIV Yageze Muri Turikiya Mu Ruzinduko Rwa Mbere Mu Mahanga

Umubare W’Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Wageze Ku Bantu 55

U Rwanda Rurakina Na Guinea Rushaka Tike Y’Igikombe Cy’Isi Muri Basketball

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

You Might Also Like

Mu mahanga

Iseru: Indwara Iheruka Mu Rwanda Iravugwa i Masisi Na Rutshuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibyishimo Bya Kagame Kubera Intsinzi Ya Arsenal

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?