Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba W’Ingabo Za Senegal Yaje Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umugaba W’Ingabo Za Senegal Yaje Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 May 2024 2:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 General Mbaye Cissé uyobora ingabo za Senegal yasuye icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda kiri ku Kimihurura.

Yakiriwe na General Mubarak Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda.

Hari kandi na Minisitiri w’ingabo Juvenal Marizamunda, hanyuma we n’abagize itsinda rye babona kuganira n’ingabo z’u Rwanda ku mikoranire.

General Mbaye Cissé yavuze ko imikoranire hagati y’ingabo z’ibihugu byombi ishinjiye no ku mubano mwiza hagati ya Kigali na Dakar.

Ingabo za Senegal zatangiye gukorera mu Rwanda ndetse no mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi ubwo zari ziri mu butumwa bw’amahoro bwa MINUAR.

General Mbaye avuga ko mu myaka iri imbere ubufatanye hagati y’ingabo za DRC ni iz’u Rwanda bazakorana mu gutoza abasirikare ba Senegal.

Umugaba w’ingabo yanasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi ndetse n’ngoro imurikwamo amateka yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi no kubohora u Rwanda.

TAGGED:featuredIngaboMugangaRDFSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yasabye Urubyiruko Kudapfusha Ubusa Ubuto Bwaryo
Next Article Nyanza: Bakanzwe No Kubona Uwo Bari Bazi Ko Bashyinguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?