Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2021 6:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro n’ubutabazi kubari mu kaga ryatabaye umuturage witwa Imanizibyose Eric Antoine wari wahagamye mu giti akakivunikiramo mu gihe yacyuriraga.

Ni umugabo witwa Imanizibose Antoine.

Uriya mugabo yuriye ahanuka mu giti ahagamamo, abaturage batabaza Polisi.
Nyuma yo kumanurwa mu giti yajyanywe ku kigo nderabuzima cya Nyakariba kugira ngo yitabweho n’abaganga.

Ni uwo mu Karere ka Rubavu Umurenge wa Nyakiliba, Akagari ka Nyarushyamba, Umudugudu wa Makoro.
Imanizibose Eric Antoine afite imyaka 30 y’amavuko.

Yuriye igiti kiri ku muhanda wa Kaburimbo aza guhanuka mu giti ariko arahagama bamusanga yavunitse itako ry’iburyo ananirwa kwimanura.
Yjyanywe ku kigo nderabuzima cya Nyakiriba mugihe hari hategerejwe imbangukiragutabara ngo umujyane ku bitaro bya Gisenyi.

TAGGED:featuredPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika y’Epfo Yahamagaje Inkeragutabara Zose Mu Gihugu
Next Article Icyo J. Bosco Mutangana Avuga Ku Urwego Rushya Rwita Ku Bakorewe Icyaha Cy’Icuruzwa Ry’Abantu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?