Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2021 6:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro n’ubutabazi kubari mu kaga ryatabaye umuturage witwa Imanizibyose Eric Antoine wari wahagamye mu giti akakivunikiramo mu gihe yacyuriraga.

Ni umugabo witwa Imanizibose Antoine.

Uriya mugabo yuriye ahanuka mu giti ahagamamo, abaturage batabaza Polisi.
Nyuma yo kumanurwa mu giti yajyanywe ku kigo nderabuzima cya Nyakariba kugira ngo yitabweho n’abaganga.

Ni uwo mu Karere ka Rubavu Umurenge wa Nyakiliba, Akagari ka Nyarushyamba, Umudugudu wa Makoro.
Imanizibose Eric Antoine afite imyaka 30 y’amavuko.

Yuriye igiti kiri ku muhanda wa Kaburimbo aza guhanuka mu giti ariko arahagama bamusanga yavunitse itako ry’iburyo ananirwa kwimanura.
Yjyanywe ku kigo nderabuzima cya Nyakiriba mugihe hari hategerejwe imbangukiragutabara ngo umujyane ku bitaro bya Gisenyi.

TAGGED:featuredPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika y’Epfo Yahamagaje Inkeragutabara Zose Mu Gihugu
Next Article Icyo J. Bosco Mutangana Avuga Ku Urwego Rushya Rwita Ku Bakorewe Icyaha Cy’Icuruzwa Ry’Abantu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?