Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 April 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubufaransa bumaze igihe mu biganiro na Amerika ngo harebwe uko Paris na Washington bafatanya gusaba u Bushinwa kwinjira mu biganiro byatuma u Burusiya buhagarika intambara na Ukraine.

Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa bivuga ko mu ruzinduko Emmanuel Macron arimo mu Bushinwa azaganira na mugenzi we Xi Jinping akamusaba kureba uko yaganira na mugenzi we utegeka u Burusiya intambara ya Ukraine igahosha.

Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron bitangaza ko uyu muyobozi ari mu Bushinwa kugira ngo aganire na Xi uko intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine yarangira u Bushinwa bubigizemo uruhare.

Si ibyo gusa Paris na Washington basaba Beijing ahubwo barashaka ko yagira urundi ruhare mu gutuma ingamba zo guhagarika ibyuka bihumanya ikirere zubahirizwa.

Ni ingamba kandi zigamije no kurengera urusobe rw’ibinyabuzima hirya no hino ku isi.

Biteganyijwe ko mu ruzinduko Macron ari mo mu Bushinwa, azahura na mugenzi we Xi bakaganira ku ngingo zavuzwe haruguru ndetse no ku zindi zireba umubano wihariye hagati ya Paris na Beijing.

TAGGED:AmerikaBufaransafeaturedIntambaraMacronUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Silvio Berlusconi Wayoboye U Butaliyani Ararembye
Next Article Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mozambique: Perezida W’Inteko Kazarwa Yasuye Isoko Ryubatswe Mu Mwaka Wa 1900

Bugesera: Abaturage Bugarijwe N’Inzara

Abanyamahanga Benshi Bafungiwe Mu Rwanda Ni Abo Muri EAC

Nyanza: Polisi Irashakisha Umugabo Ukekwaho Kwica Umugore We

Tanzania: Abaturage Bategetswe Kuguma Mu Rugo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?