Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 April 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubufaransa bumaze igihe mu biganiro na Amerika ngo harebwe uko Paris na Washington bafatanya gusaba u Bushinwa kwinjira mu biganiro byatuma u Burusiya buhagarika intambara na Ukraine.

Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa bivuga ko mu ruzinduko Emmanuel Macron arimo mu Bushinwa azaganira na mugenzi we Xi Jinping akamusaba kureba uko yaganira na mugenzi we utegeka u Burusiya intambara ya Ukraine igahosha.

Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron bitangaza ko uyu muyobozi ari mu Bushinwa kugira ngo aganire na Xi uko intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine yarangira u Bushinwa bubigizemo uruhare.

Si ibyo gusa Paris na Washington basaba Beijing ahubwo barashaka ko yagira urundi ruhare mu gutuma ingamba zo guhagarika ibyuka bihumanya ikirere zubahirizwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni ingamba kandi zigamije no kurengera urusobe rw’ibinyabuzima hirya no hino ku isi.

Biteganyijwe ko mu ruzinduko Macron ari mo mu Bushinwa, azahura na mugenzi we Xi bakaganira ku ngingo zavuzwe haruguru ndetse no ku zindi zireba umubano wihariye hagati ya Paris na Beijing.

TAGGED:AmerikaBufaransafeaturedIntambaraMacronUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Silvio Berlusconi Wayoboye U Butaliyani Ararembye
Next Article Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?