Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugambi Wa Macron Na Biden Mu Kwinjiza u Bushinwa Mu Kibazo Cya Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 April 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubufaransa bumaze igihe mu biganiro na Amerika ngo harebwe uko Paris na Washington bafatanya gusaba u Bushinwa kwinjira mu biganiro byatuma u Burusiya buhagarika intambara na Ukraine.

Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa bivuga ko mu ruzinduko Emmanuel Macron arimo mu Bushinwa azaganira na mugenzi we Xi Jinping akamusaba kureba uko yaganira na mugenzi we utegeka u Burusiya intambara ya Ukraine igahosha.

Ibiro bya Perezida Emmanuel Macron bitangaza ko uyu muyobozi ari mu Bushinwa kugira ngo aganire na Xi uko intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine yarangira u Bushinwa bubigizemo uruhare.

Si ibyo gusa Paris na Washington basaba Beijing ahubwo barashaka ko yagira urundi ruhare mu gutuma ingamba zo guhagarika ibyuka bihumanya ikirere zubahirizwa.

Ni ingamba kandi zigamije no kurengera urusobe rw’ibinyabuzima hirya no hino ku isi.

Biteganyijwe ko mu ruzinduko Macron ari mo mu Bushinwa, azahura na mugenzi we Xi bakaganira ku ngingo zavuzwe haruguru ndetse no ku zindi zireba umubano wihariye hagati ya Paris na Beijing.

TAGGED:AmerikaBufaransafeaturedIntambaraMacronUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Silvio Berlusconi Wayoboye U Butaliyani Ararembye
Next Article Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?