Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore Wa Chameleone Yamaganye Ibyo Umugabo We Aherutse Gukorera Umumotari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umugore Wa Chameleone Yamaganye Ibyo Umugabo We Aherutse Gukorera Umumotari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 January 2023 1:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Daniella Atima Mayanja arasaba inzego z’umutekano gufata kandi zigakurikirana umugabo we Jose Chameleone uherutse gufatwa amashusho akubita umumotari.

Uyu mugore yavuze ko umuntu wese uhohotera abandi aba agomba kubibazwa.

Hashize igihe gito umumotari ahura n’akaga ko gukubitwa bikomeye nyuma y’uko agonze imodoka ya Jose Chameleone yo mu bwoko bwa Range Rover aho yari iparitse.

Chameleone ntiyabyihanganiye ahubwo yaradukiriye aramukubita.

N’ubwo abenshi banenze Jose Chameleone kubera umujinya w’umuranduranzi yerekanye, hari abandi bavug ako uriya mumotari nawe yarangaye kandi ubundi mu muhanda buri wese aba agomba kuba maso.

Jose Chameleone yavuye  mu modoka yitwaje inkoni ayikubita inshuro enye uriya mumotari .

Icyakora ngo motari niwe wasembuye uburakari bwe Chameleone kubera ko aho kumusaba imbabazi, yakomeje kumubwira amagambo mabi maze undi azibiranywa n’umujinya.

Atima yigeze kandi kurakazwa ndetse abigaragaza ku mbuga nkonyambaga n’uko murumuna w’umugabo witwa Weasel yakubise bikomeye umugore we Sandra Teta( ni Umunyarwandakazi).

Umubano wa Jose Chameleone n’umugore we umaze igihe utagororotse.

Mu  mwaka wa  2017 nyuma y’imyaka icyenda babana yagiye mu rukiko kwaka gatanya.

Yashinjaga umugabo we kumuhohotera no kumukubita kandi akabikorera imbere  y’abana babyaranye.

TAGGED:ChameleonefeaturedUmugaboUmugoreUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 2023:Ubukungu Bw’u Rwanda Buzazamukaho 7.8%
Next Article Meya Wa Nyamasheke Avuga Ko Abaturage ‘Batanyurwa’ N’Amazi Bahawe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Gisagara: Ikamyo Ya Howo Yishe Abana Babiri

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ese Uburundi Burashaka Gufasha DRC No Muri Dipolomasi?

Ndayishimiye Aherutse Kujya Kwishyuza Tshisekedi

You Might Also Like

Mu mahanga

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Qatar Yasinyanye Na DRC Amasezerano Atandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Umutekano W’Abana Urenze Indyo Yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamagabe: Ikibazo Cy’Ingo Zidafite Ubwiherero Buboneye Kirakomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?