Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore Wayoboye Igihugu Yakatiwe Gufungwa Imyaka 6
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugore Wayoboye Igihugu Yakatiwe Gufungwa Imyaka 6

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2022 1:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rwa gisirikare muri Myanmar rwakatiye Madamu Aung San Suu Kyi wigeze kuyobora iki gihugu gufungwa imyaka itandatu.

Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha bine bya ruswa yakoze ubwo yayoboraga kiriya gihugu.

Yaburaniye mu muhezo, nta tangazamakuru rihari kandi uwamwunganiraga yabujijwe kuzahirahira ngo agire umunyamakuru ahingukiriza ibyavugirwaga mu rukiko.

Uko bimeze kose ariko, biragoye ko mu isi yanone, hari ibintu byaba ngo bihishwe burundu.

Abanyamakuru bafite uburyo bwinshi bwo kubona amakuru yose cyangwa se igice cyayo byibura bakagira icyo batangaza uko cyaba kingana kose.

Abashinjacyaha ba gisirikare bamuregaga gukoresha ububasha yari afite agashora ukuboko mu mutungo wa Leta.

Ikindi bamuregaga, ni uko hari amafaranga yari agenewe abatishoboye yafashe ayagira aye.

Yari yaratanzwe n’abagira neza.

Aung San Suu Kyi we yarabihanye byose.

Abumwunganira kandi barateganya kuzajuririra kiriya cyemezo cy’urukiko.

Muri Gashyantare, 2021 nibwo abasirikare bamukuye ku butegetsi ndetse bahita bamuta muri yombi.

Hari n’ibirego by’Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bivuga ko ubutegetsi bwe bwakoreye Jenoside aba Rohingya.

TAGGED:featuredIbyahaIgisirikarePerezidaRuswa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Impenure Nyazo Mu Gitaramo Cya Kizz Daniel
Next Article Ingaruka Zo Kudasinzira Bihagije Ni Mbi Kurusha Uko Abantu Babikeka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?