Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore Wayoboye Igihugu Yakatiwe Gufungwa Imyaka 6
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugore Wayoboye Igihugu Yakatiwe Gufungwa Imyaka 6

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2022 1:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rwa gisirikare muri Myanmar rwakatiye Madamu Aung San Suu Kyi wigeze kuyobora iki gihugu gufungwa imyaka itandatu.

Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha bine bya ruswa yakoze ubwo yayoboraga kiriya gihugu.

Yaburaniye mu muhezo, nta tangazamakuru rihari kandi uwamwunganiraga yabujijwe kuzahirahira ngo agire umunyamakuru ahingukiriza ibyavugirwaga mu rukiko.

Uko bimeze kose ariko, biragoye ko mu isi yanone, hari ibintu byaba ngo bihishwe burundu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abanyamakuru bafite uburyo bwinshi bwo kubona amakuru yose cyangwa se igice cyayo byibura bakagira icyo batangaza uko cyaba kingana kose.

Abashinjacyaha ba gisirikare bamuregaga gukoresha ububasha yari afite agashora ukuboko mu mutungo wa Leta.

Ikindi bamuregaga, ni uko hari amafaranga yari agenewe abatishoboye yafashe ayagira aye.

Yari yaratanzwe n’abagira neza.

Aung San Suu Kyi we yarabihanye byose.

- Advertisement -

Abumwunganira kandi barateganya kuzajuririra kiriya cyemezo cy’urukiko.

Muri Gashyantare, 2021 nibwo abasirikare bamukuye ku butegetsi ndetse bahita bamuta muri yombi.

Hari n’ibirego by’Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bivuga ko ubutegetsi bwe bwakoreye Jenoside aba Rohingya.

TAGGED:featuredIbyahaIgisirikarePerezidaRuswa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Impenure Nyazo Mu Gitaramo Cya Kizz Daniel
Next Article Ingaruka Zo Kudasinzira Bihagije Ni Mbi Kurusha Uko Abantu Babikeka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?