Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanda Huye-Rusizi Wacitsemo Kabiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umuhanda Huye-Rusizi Wacitsemo Kabiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2024 7:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mutarama, 2024, umuhanda uhuza Huye, Nyamagabe, Rusizi waridutse uruhande rumwe.

Wapfiriye mu Mudugudu wa Kigarama, hafi y’ikorosi ugiye kugera mu Gasanteri ka Karambi muri Huye.

Meya Sebutege Ange avuga ko Byatewe n’inkangu ariko amaso arerekana ko byatewe no kuriduka ku ruhande rw’umukono w’iburyo.

Uko bigaragara kandi n’ikindi gice cyawo gishobora kuriduka.

Umunyamakuru wa RBA wageze yo avuga ko yahasanze umurongo muremure w’imodoka zirimo n’izitwara abagenzi.

Avuga ko bigaragara ko amazi y’imvura imaze iminsi igwa muri kiriya gice ari yo ntandaro y’iki kiza cyane cyane ko uwo muhanda uturanye n’umugezi

Ku bw’amahirwe, ngo biriya byago byabaye nta modoka ihaciye kuko yari butembanwe.

Meya w’Akarere ka Huye Sebutege Ange avuga ko bagiye kuzitira hantu hanyuma inzego zicare zige icyakorwa, zirebe n’izindi nzira zakoreshwa kugira ngo abaturage bagere iyo bajya.

Ange Sebutege( Ifoto@ Kigali Today)

Polisi n’ingabo bahageze ngo bahacungire umutekano.

Meteo Rwanda yari imaze iminsi mike iburiye Abanyarwanda ko Uburengerazuba bw’Amajyepfo harimo n’Akarere ka Huye hazibasirwa n’imvura nyinshi.

Iyo mvura kandi iragwa n’ahandi henshi mu Rwanda.

TAGGED:featuredHuyeimodokaInkanguNyamashekeRusiziSebutege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Yashimangiye Ko Guha Umugisha Ababana Bahuje Ibitsina Bifite Ishingiro
Next Article MINALOC Igiye Kwifashisha Ikoranabuhanga Mu Gushyira Abantu Mu Budehe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?