Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanda Huye-Rusizi Wacitsemo Kabiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umuhanda Huye-Rusizi Wacitsemo Kabiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2024 7:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mutarama, 2024, umuhanda uhuza Huye, Nyamagabe, Rusizi waridutse uruhande rumwe.

Wapfiriye mu Mudugudu wa Kigarama, hafi y’ikorosi ugiye kugera mu Gasanteri ka Karambi muri Huye.

Meya Sebutege Ange avuga ko Byatewe n’inkangu ariko amaso arerekana ko byatewe no kuriduka ku ruhande rw’umukono w’iburyo.

Uko bigaragara kandi n’ikindi gice cyawo gishobora kuriduka.

Umunyamakuru wa RBA wageze yo avuga ko yahasanze umurongo muremure w’imodoka zirimo n’izitwara abagenzi.

Avuga ko bigaragara ko amazi y’imvura imaze iminsi igwa muri kiriya gice ari yo ntandaro y’iki kiza cyane cyane ko uwo muhanda uturanye n’umugezi

Ku bw’amahirwe, ngo biriya byago byabaye nta modoka ihaciye kuko yari butembanwe.

Meya w’Akarere ka Huye Sebutege Ange avuga ko bagiye kuzitira hantu hanyuma inzego zicare zige icyakorwa, zirebe n’izindi nzira zakoreshwa kugira ngo abaturage bagere iyo bajya.

Ange Sebutege( Ifoto@ Kigali Today)

Polisi n’ingabo bahageze ngo bahacungire umutekano.

Meteo Rwanda yari imaze iminsi mike iburiye Abanyarwanda ko Uburengerazuba bw’Amajyepfo harimo n’Akarere ka Huye hazibasirwa n’imvura nyinshi.

Iyo mvura kandi iragwa n’ahandi henshi mu Rwanda.

TAGGED:featuredHuyeimodokaInkanguNyamashekeRusiziSebutege
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Yashimangiye Ko Guha Umugisha Ababana Bahuje Ibitsina Bifite Ishingiro
Next Article MINALOC Igiye Kwifashisha Ikoranabuhanga Mu Gushyira Abantu Mu Budehe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burundi: Ndikuriyo Yongeye Gutorerwa Kuba Umunyamabanga Mukuru Wa CNDD-FDD

Chorale De Kigali Igiye Kuyoborwa N’Umugore Kuva Yabaho

Abanyamakuru B’i Goma Baganiriye N’Ab’i Rubavu Ku Mikoranire

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Kuki Amasezerano Y’Amahoro Akunze Kudakurikizwa?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?