Umuyobozi w’Akarere ka Huye witwa Ange Sebutege aherutse kubwira Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ko batari bazi ko ahantu haherutse kugwa abantu batandatu hari icyobo. Muri uyu mujyo,...
Abahinzi bo mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye bavuga ko abayobozi babo bababujije kwenga kwenga no gutara umutobe ngo bazanywe urwagwa biyengeye. Bategekwa kujyana...
Nyuma y’uko bantu barenga 100 bari baherutse gufatirwa mu Murenge wa Simbi mu ishyamba bari gusenga batirinze COVID-19, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki...