Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanda Muhanga- Ngororero Wongeye Kuba Nyabagendwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umuhanda Muhanga- Ngororero Wongeye Kuba Nyabagendwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2023 12:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko umuhanda wa Muhanga- Ngororero- Mukamira wari wafunzwe kubera amazi yari yawuzuye, wongeye kuba nyabagendwa.

Kuri iki Cyumweru taliki 23, Mata, 2023 Polisi yari yatangaje ko uriya muhanda wafunzwe mu rwego rwo kurinda abawukoresha guhura n’ibibazo byaterwa n’amazi.

Imvura iri kugwa mu bice byinshi by’u Rwanda yateje inkangu, imyuzure n’ibindi bibazo birimo gusenyuka kw’inzu ndetse n’abantu bamwe bakahasiga ubuzima.

Abanyarwanda basabwa kwirinda kwitegeza imvura no kujya kugama ahantu hashobora gutuma inkuba zibakubita.

Basabwa kuzirika ibisenge, gusibura imirwanyasuri n’imiyoboro y’amazi kugira ngo bagabanye isuri n’ubukana bw’amazi ashobora gusinya imihanda n’ibindi bikorwa remezo.

TAGGED:AmazifeaturedMuhangaNgororeroPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rurashaka Ubufatanye N’ibirwa Bya Malta
Next Article Gasabo: Yishwe N’Ikinyobwa Gikozwe Mu Masaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Polisi Yafashe Abo Ikekaho Kwiba Telefoni Na Mudasobwa 

Abasora Neza Babishimiwe

Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gifitiye ‘Umugambi’ Mozambique

Kabarebe Yahererekanyije Ububasha Na Kaitesi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Gakenke: Yafatanywe Ibilo 17 By’Urumogi Na Litiro 14 Za Kanyanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Umuryango Africa’s Business Heroes Urateganya Kwigisha Guhanga Imishinga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ingabo Z’u Burundi Ziri Muri DRC Zirenga 20,000- Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Perezida Kagame Ararahiza Abaherutse Guhabwa Inshingano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?