Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanda Rubavu- Musanze- Kigali WAFUNZWE
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umuhanda Rubavu- Musanze- Kigali WAFUNZWE

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 March 2023 9:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Impanuka yaraye ibereye i Rubavu yatumye Polisi ifata icyemezo cy’uko umuhanda Rubavu, Musanze ugana i Kigali uba ufunzwe. Byakozwe mu rwego rwo kugira ngo ikamyo yafunze uyu muhanda ibanze iwukurwemo.

Ku rubuga rwa Twitter rwa Polisi y’u Rwanda handitse ho  umuhanda ufunzwe ari uca Gisenyi-Buhuru-Giko-Murara-Rugerero-Musanze-Kigali.

Polisi isezeranya abaturage ko bari bugere kuri uriya muhanda bagasanga ufunzwe bari bwerekwe ahantu bakwifashisha kugira ngo batica urugendo rwabo.

Ku rundi ruhande, Polisi igira abantu bakoresha umuhanda uva Gisenyi-Brasserie-Burushya-Pfunda-Mahoko-Musanze-Kigali.

Impanuka yatumye uyu muhanda ufungwa yaraye ibaye ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru taliki 26, Werurwe, 2023 ihitana umupolisi ufite ipeti rya Inspector of Police( IP) n’umumotari wari umutwaye.

TAGGED:featuredImpanukaKigaliMusanzePolisiRubavuUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwatashye Uruganda Rutunganya Ibuye Ry’Agaciro Rya Lithium
Next Article Imigambi Ya Jean Pierre Bemba Uherutse Gushyirwa Mu Buyobozi Bw’Ingabo Za DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?