Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzi Ariana Grande ‘Yarusimbutse’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuhanzi Ariana Grande ‘Yarusimbutse’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 September 2021 7:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rugo rw’icyamamare mu muziki ku rwego mpuzamahanga, Ariana Grande, hafatiwe umugabo wari witwaje umushyo( icyuma gityaye cyane) afite umugambi wo kukimutera.

Uwafashwe yitwa Aaron Brown akaba ari umusore w’imyaka 23 wari wagiye mu rugo rwa Grande abwira abakozi be ko ashaka kubonana na Ariana Grande.

Bamwe mu bashinzwe kurinda kiriya cyamamare babajije uwo musore niba hari gahunda afitanye na Ariana Grande, undi arajijijanganya batangiye kumwegera ngo bamusohore akuramo icyuma nabo bahamagara Polisi iramufata.

Abarinda AGrande bafite akazi gakomeye ko kurinda ko uyu mukobwa ukiri muto yazicwa n’abagizi ba nabi bahora bamugenza

Mu gihe cy’amezi atageze kuri ane, abantu babiri bamaze gufatwa bashaka kwica Ariana Grande.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri Gicurasi, 2021 nabwo hari undi mugabo wafashwe afite uriya mugambi, ubu yarakatiwe.

Kubera ibikorwa byo gushaka kumwica, Ariana Grande yakutse umutima k’uburyo atagikunda kugaragara mu ruhame.

Aherutse no kutitabira umuhango wo guhemba ibyamamare witwa VMA wabaye ku Cyumweru.

Ku rundi ruhande ariko, uyu muhanzi w’imyaka 28 y’amavuko ari hafi gutangira kugaragara mu ruhame ari umukemurampaka mu irushanwa ry’abantu bashaka kuzamura impano yabo ryitwa The Voice.

Azaba asimbuye Nick Jonas wagiye mu kandi nk’ako kitwa The Voice SEASON 20.

- Advertisement -

Akazi ka Ariana Grande karamukijije ariko gashobora no kuzamuhitana.

Tariki 22, Gicurasi, 2017 umugabo wari ufite amahame agenderaho akaze ya kisilamu witwa Salman Abedi Ramadan yacengeye mu bafana ba Grande bari baje muri konseri ye maze yiturikirizaho igisasu.

Abahitanywe n’igitero cy’i Manchester mu gitaramo cya Ariana Grande

Cyahitanye abantu 23, abandi 1,017 barakomereka.

Iriya konseri yabereye mu nzu mberabyombi yitwa Manchester Arena.

TAGGED:Ariana GrandefeaturedIcyumaUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Dos Santos Yagarutse Muri Angola, Hari Ibyo Yumvikanye na Perezida Lourenco
Next Article Leta Yatangiye Gukurikirana Abacuruzi Bahanika Ibiciro Ku Bikoresho By’Isuku By’Abagore
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?