Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzi Ariana Grande Yashinze Urugo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibyamamare

Umuhanzi Ariana Grande Yashinze Urugo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 May 2021 5:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu muhanzi w’imyaka 27 y’amavuko mu mpera z’Icyumweru gishize yambikanye impeta n’umukunzi we witwa Gomez ufite imyaka 25 y’amavuko. Bibwiraga ko babukoze mu ibanga ariko ikinyamakuru People cyabimenye rugikubita kirabitangaza.

Bambikiraninye impeta ahitwa Montecito muri Leta ya California, USA.

Batumiye abantu 20 mu cyumba cyo kwakiriramo abashyitsi ariko hari abandi babukurikiranaga mu buryo bw’ikoranabuhanga barimo Oprah Winfrey, Ellen DeGeneres, Prince Harry na Meghan Markle.

Ariana kandi ngo yaguze inzu yahoze ari iya  Ellen Degeneres akaba yarayishyuye miliyoni 6.75$, icyo gihe hari muri Kanama, 2020.

We n’umukunzi we mu gihe cyose cya ‘Guma mu rugo’ yo muri Amerika(USA) bari bari kumwe muri iriya nzu babana nk’umugabo n’umugore.

Bari muri bake mu  byamamare ku isi bakoze ubukwe hari ababyeyi babo bose kandi batumiye n’inshuti ngo zibwitabire haba mu buryo bw’imbonankubone cyangwa hifashishijwe ikoranabuhanga.

Umugabo wa Ari( nk’uko bita Ariana Grande) ni umukomisiyoneri, ugura akagurisha inzu, izindi akazikodesha.

Uyu mugabo si we wa mbere ukundanye na Ariana Grande kuko yigeze gukundana n’umuraperi Big Sean muri  2014,  muri 2015 akundana n’umubyinnyi kabuhariwe witwa  Ricky Alvarez in 2015, akurikizaho umuraperi  Mac Miller.

Ariana Grande ni umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime.

Umuziki waramuhiriye kuko amaze gutwara ibihembo bikomeye birimo  Grammy Awards ebyiri, Brit Awards imwe, Billboard Music Awards ebyiri, American Music Awards eshatu , MTV Video Music Awards icyenda  n’izindi.

Abana n’umukunzi we i Los Angeles
TAGGED:ArianafeaturedGrandeUmuhanzikaziUmukunziUrugo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inzu Ya Eliezer Niyitegeka Wamaze Abatutsi Bo Ku Kibuye Iri Hafi Guhirima
Next Article Ikiganiro Cyose Perezida Kagame Yahaye France 24
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingiye No Kubo Mufatanya- Kagame

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ku Manywa Y’Ihangu Bibye Inzu Ndangamurage Ya Mbere Ikomeye Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Irindi Shuri Rihambaye Ry’Ubuhinzi N’Ubworozi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?