Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzi Ariana Grande Yashinze Urugo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibyamamare

Umuhanzi Ariana Grande Yashinze Urugo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 May 2021 5:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uyu muhanzi w’imyaka 27 y’amavuko mu mpera z’Icyumweru gishize yambikanye impeta n’umukunzi we witwa Gomez ufite imyaka 25 y’amavuko. Bibwiraga ko babukoze mu ibanga ariko ikinyamakuru People cyabimenye rugikubita kirabitangaza.

Bambikiraninye impeta ahitwa Montecito muri Leta ya California, USA.

Batumiye abantu 20 mu cyumba cyo kwakiriramo abashyitsi ariko hari abandi babukurikiranaga mu buryo bw’ikoranabuhanga barimo Oprah Winfrey, Ellen DeGeneres, Prince Harry na Meghan Markle.

Ariana kandi ngo yaguze inzu yahoze ari iya  Ellen Degeneres akaba yarayishyuye miliyoni 6.75$, icyo gihe hari muri Kanama, 2020.

We n’umukunzi we mu gihe cyose cya ‘Guma mu rugo’ yo muri Amerika(USA) bari bari kumwe muri iriya nzu babana nk’umugabo n’umugore.

Bari muri bake mu  byamamare ku isi bakoze ubukwe hari ababyeyi babo bose kandi batumiye n’inshuti ngo zibwitabire haba mu buryo bw’imbonankubone cyangwa hifashishijwe ikoranabuhanga.

Umugabo wa Ari( nk’uko bita Ariana Grande) ni umukomisiyoneri, ugura akagurisha inzu, izindi akazikodesha.

Uyu mugabo si we wa mbere ukundanye na Ariana Grande kuko yigeze gukundana n’umuraperi Big Sean muri  2014,  muri 2015 akundana n’umubyinnyi kabuhariwe witwa  Ricky Alvarez in 2015, akurikizaho umuraperi  Mac Miller.

Ariana Grande ni umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime.

Umuziki waramuhiriye kuko amaze gutwara ibihembo bikomeye birimo  Grammy Awards ebyiri, Brit Awards imwe, Billboard Music Awards ebyiri, American Music Awards eshatu , MTV Video Music Awards icyenda  n’izindi.

Abana n’umukunzi we i Los Angeles
TAGGED:ArianafeaturedGrandeUmuhanzikaziUmukunziUrugo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inzu Ya Eliezer Niyitegeka Wamaze Abatutsi Bo Ku Kibuye Iri Hafi Guhirima
Next Article Ikiganiro Cyose Perezida Kagame Yahaye France 24
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?