Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Motsepe Uherutse Gutsindira Kuyobora CAF Ni Muntu Ki?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubumenyi Rusange

Motsepe Uherutse Gutsindira Kuyobora CAF Ni Muntu Ki?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 March 2021 1:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr Patrice Motsepe aherutse gutsindira  kuyobora Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa, CAF. Patrice Motsepe yavutse mu mwaka wa 1962. Akomoka mu bikomangoma bwo mu bwoko bw’aba Tswana.

Yavukiye mu mujyi wa Soweto muri Africa y’Epfo.

Akiri umwana yafashaga Se mu bucuruzi muri Butiki ye ariko akomeza n’amasomo.

Yaje kwiga amategeko ndetse ubu ni umwe mu banyamategeko b’Abirabura bakomeye muri Africa y’Epfo.

Nyina yari umwe mu bagore bakoraga ubucuruzi bw’imboga bazwi kurusha abandi.

Dr Patrice Motsepe  yaje kuba umwe mu bantu bakomeye bakoranye n’Ishyaka rya ANC( African National Congress)  .

Nyuma yo kuba umwavoka, yahise ajya mu bushoboramari, ashinga ikigo cy’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro yise  Future Mining.

Ni ikigo gishinzwe gucuruza zahabu. Yatangiye kurangura no kugurisha zahabu muri 1997.

Muri 200O yahinze ihuriro ry’ibigo bicuruza amabuye y’agaciro yise African Rainbow Mineral, abereye Perezida

Ikindi ni uko Bwana Patrice Motsepe ayobora ikigo cya 12 ku isi gicuruza zahabu.

Afite ibirombe bitatu bya Zahabu acukura muri Africa y’Epfo ariko akagira ibindi birombe acukuramo ibuye rya platine(Pt) , icyuma(fer:Fe), charbon na Cuivre( copper:Cu).

Aya mabuye ayacukura cyane cyane muri Zambia, Zimbabwe na New Papua- Guinea.

 Muri 2004 nibwo yaguze ikipe yitwa Mamelodi Sundowns, iyi ikaba ari imwe mu makipe akomeye muri Africa y’Epfo.

Mu Ugushyingo 2020 nibwo yatangaje ko aziyamamariza kuyobora CAF.

Ikigo agiye kuyobora  kitwa The Confederation of African Football( CAF) yashinzwe muri 1957.

Yashingiwe i Khartoum muri Sudan, ikagira ikicaro mu Mujyi wa Giza mu Misiri.

Ibihugu binyamuryango bya CAF ni 56.

Ishinzwe gukurikiranira hafi umupira w’amaguru muri Africa haba ku rwego rw’ibihugu no ku rwego rw’umugabane muri rusange.

Ni umwe mu bakire bakomeye muri Africa. Afite imodoka zihenze zirimo Bentley Continental GP, Mercedenz Benz,BMW, Audi RS4 yaguriye umuhungu we, n’indege agenderamo.

Bentley Continental GP. Imwe mu modoka zirenga 10 za Motsepe zihenze
TAGGED:CAFfeaturedIkigegaMotsepeSudan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda FDA Yakuye Ku Isoko Ubuki Yatahuye Ko Bwongerwamo Isukari
Next Article Polisi Yafashe Abasore Batatu Bavanye Ibilo 100 By’Urumogi Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?