Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhungu Wa Faustin Twagiramungu Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuhungu Wa Faustin Twagiramungu Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2022 11:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rodolphe Shimwe Twagiramungu umwe mu bana na Faustin Twagiramungu yapfuye afite imyaka 34 y’amavuko.

Yari umuririmbi ukizamuka, bikaba bivugwa ko yari yajyanye na bagenzi be kubyina.

IGIHE cyandistse ko inzego z’ubuzima na Polisi bigishakisha kugira ngo hamenyekane icyamuhitanye.

Amakuru avuga ko uyu muhungu wa Twagiramungu yari yajyanye na bagenzi be kubyina

Yari umuhungu wa Faustin Twagiramungu, umwe mu banyapolitiki bazwi cyane mu Rwanda rwo hambere.

Akomoka mu cyahoze ari Perefegitura ya Cyangugu ahitwa i Mushaka, ubu hakora ku Mirenge ya Nzahaha na Rwimbogo mu Karere ka Rusizi.

Yavutse mu mwaka wa 1945.

Muri 2003 ari mu biyamamarije kuyobora u Rwanda ariko aratsindwa.

Icyo gihe yabonye amanota 3.62%.

 

TAGGED:CyangugufeaturedPerefegituraTwagiramungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yiyise Umupolisikazi Yaka Ruswa Majyambere Silas
Next Article Mu Mafoto: Igitaramo Cya Israel Mbonyi Cyitabiriwe Bishimishije
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?