Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bamporiki ‘Wo Muri RNC’ Yishwe Arashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bamporiki ‘Wo Muri RNC’ Yishwe Arashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2021 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Seif Bamporiki wari mu bagize umutwe w’iterabwoba wa RNC, yiciwe mu mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo, mu gace gakunze kuberamo ubugizi bwa nabi bukoreshwa intwaro.

Amakuru yizewe aturuka muri Afurika y’Epfo ahamya ko uwo mugabo wari mu bahuzabikorwa b’uyu mutwe uyobowe na Kayumba Nyamwasa, yacuruzaga ibikoresho bikozwe mu mbaho, birimo ibitanda.

Yishwe arashwe mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, ubwo yari ajyanye igitanda mu gace kitwa Nyanga gakunze kugaragaramo urugomo.

Polisi n’Ubugenzacyaha bya Afurika y’Epfo bivuga ko agace ka Nyanga ariko kaberamo urugomo rwinshi kurusha ahandi muri Afurika y’Epfo.

Ntabwo biramenyekana niba yishwe azira amashyari no gusubiranamo bimaze iminsi biranga RNC, cyangwa niba ari ubugizi bwa nabi bumenyerewe mu gace yarasiwemo.

Raporo yakozwe na Polisi igaragaza uko ibyaha by’ubwicanyi byari bihagaze muri Afurika y’Epfo mu 2018/19, yerekana ko Nyanga iza imbere mu gihugu cyose, igakurikirwa n’uduce twa Delft na Khayelitsha.

Muri icyo gihe habaruwe ibyaha 289 by’ubwicanyi, ugereranyije na 308 mu mwaka wabanje.

Bamporiki wo muri RNC yishwe
TAGGED:AfurikaBamporikiCapefeaturedKayumbaNyamwasa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yambuye Kabila Ingabo Zamurindaga
Next Article Tanzania Yapfushije Undi Muyobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?