Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bamporiki ‘Wo Muri RNC’ Yishwe Arashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bamporiki ‘Wo Muri RNC’ Yishwe Arashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2021 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Seif Bamporiki wari mu bagize umutwe w’iterabwoba wa RNC, yiciwe mu mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo, mu gace gakunze kuberamo ubugizi bwa nabi bukoreshwa intwaro.

Amakuru yizewe aturuka muri Afurika y’Epfo ahamya ko uwo mugabo wari mu bahuzabikorwa b’uyu mutwe uyobowe na Kayumba Nyamwasa, yacuruzaga ibikoresho bikozwe mu mbaho, birimo ibitanda.

Yishwe arashwe mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, ubwo yari ajyanye igitanda mu gace kitwa Nyanga gakunze kugaragaramo urugomo.

Polisi n’Ubugenzacyaha bya Afurika y’Epfo bivuga ko agace ka Nyanga ariko kaberamo urugomo rwinshi kurusha ahandi muri Afurika y’Epfo.

Ntabwo biramenyekana niba yishwe azira amashyari no gusubiranamo bimaze iminsi biranga RNC, cyangwa niba ari ubugizi bwa nabi bumenyerewe mu gace yarasiwemo.

Raporo yakozwe na Polisi igaragaza uko ibyaha by’ubwicanyi byari bihagaze muri Afurika y’Epfo mu 2018/19, yerekana ko Nyanga iza imbere mu gihugu cyose, igakurikirwa n’uduce twa Delft na Khayelitsha.

Muri icyo gihe habaruwe ibyaha 289 by’ubwicanyi, ugereranyije na 308 mu mwaka wabanje.

Bamporiki wo muri RNC yishwe
TAGGED:AfurikaBamporikiCapefeaturedKayumbaNyamwasa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yambuye Kabila Ingabo Zamurindaga
Next Article Tanzania Yapfushije Undi Muyobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?