Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umujyanama Mukuru Wa Museveni Wavukiye Mu Rwanda Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umujyanama Mukuru Wa Museveni Wavukiye Mu Rwanda Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 March 2023 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

John Mwesigwa Robin Nagenda yari umujyanama mukuru wa Perezida Museveni yapfuye. Yavukiye mu Rwanda taliki 25, Mata, 1938.

Yari umunyamakuru w’umwuga kandi watangiye kwandika kera kuko icyo gihe hari mu mwaka wa 1950 ahitwa Budo.

Yavuye mu Rwanda asubira muri Uganda mu mwaka wa 1986 ubwo Yoweli Museveni na bagenzi bafataga ubutegetsi.

John Mwesigwa Robin Nagenda yari asanzwe ari umujyanama mukuru wa Perezida Museveni mu byerekeye itumanaho n’itangazamakuru, ibyo bita  Media and Public Relations Advisor.

Yaguye mu bitaro byitwa  Medipal International Hospital biri i Kampala, yapfuye afite imyaka 84 y’amavuko.

Umuvugizi wungirije w’Ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Uganda witwa Faruk Kirunda yabwiye The Monitor ko uriya mugabo yari amaze amezi atatu arembeye muri biriya bitaro.

Nagenda yamaze imyaka 10 aba mu Bwongereza aza kugaruka muri Uganda atangira kwandika mu buryo buhoraho mu myaka yaza 1960.

TAGGED:featuredMuseveniUgandaUmujyanama
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impaka Zishyushye Hagati Ya Tshisekedi Na Macron
Next Article Abepisikopi Gatolika Bagiye Kumara Icyumweru Batari Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?