Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukinnyi Wa APR FC Wari Umaze Igihe Adakina Yasubukuye Imyitozo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umukinnyi Wa APR FC Wari Umaze Igihe Adakina Yasubukuye Imyitozo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 December 2021 9:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bonheur Mugisha wari umaze ukwezi adakinana na bagenzi be ubu yagarutse mu myitozo. Ni umwe mu bakinnyi ba APR FC bakina hagati kandi ugaragaza ubuhanga.

Yabwiye abandika ku rubuga rwa APR FC ko yishimiye kugaruka gukinana na bagenzi be.

Ati: “Nari maze ukwezi kose kurengaho gato ntagaragara mu kibuga kubera imvune nagize ubwo nakoraga impanuka, ariko nakubwira ko nejejwe no kuba ngarutse ndashimira cyane abayobozi banjye banyitayeho barankurirana ndetse n’abatoza bambaye hafi cyane muri icyo gihe cyose namaze ntakina”

Kiriya kiganiro yagihaye abo mu ikipe akinira nyuma y’umukino APR FC yakinnye  na Marines FC mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona.

Bonheur Mugisha yavunitse ubwo yakoraga impanuka ataha avuye mu mukino ikipe ye yari imaze gukina na  Etoile Sportive du Sahel mu mikino ya CAF Champions League.

TAGGED:APRfeaturedIkipeUmukinnyiUmukino
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Bufaransa Burashinjwa Gukingira Ikibaba Abishe Khashoggi
Next Article Guverinoma Ya Congo-Kinshasa Yamaganye Ibivugwa Kuri Polisi Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?