Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukozi Wa NAEB Arakekwaho Iyezandonke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Umukozi Wa NAEB Arakekwaho Iyezandonke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 July 2025 10:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Umukozi wa NAEB akurikiranyweho kudatangaza ingano nyayo y'ibyo atunze.
SHARE

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi umukozi ushinzwe ibikorwa mu Kigo cy’igihugu gishinzwe kohereza hanze ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi rumukurikiranyeho kwigwizaho umutungo n’iyezandonke.

Iyezandonke ni uburyo bukoreshwa n’abantu bagafata amafaranga babonye mu buryo butemewe n’amategeko bakayakoresha  mu bindi bintu ubusanzwe bitagize icyo bitwaye.

Ni ukweza indonke wabonye mu buryo budakwiye.

Kuri X, RIB yanditse ko yamufunze nyuma y’iperereza ryakozwe ku imenyekanisha ry’umutungo we mu Rwego rw’Umuvunyi ritavugisha ukuri agamije guhisha inkomoko yibyo atunze.

Nta makuru arambuye kuri uwo mutungo uretse ko RIB ivuga ko yamufungiye kuri sitasiyo yayo mu Karere ka Nyarugenge, ariko idosiye yamaze kugezwa mu bushinjacyaha.

RIB iburira abantu basabwa n’itegeko kumenyekanisha umutungo w’ukuri wabo mu rwego rw’Umuvunyi.

Uru rwego rushimira abantu bose bagira uruhare mu kurwanya ibyaha bimunga ubukungu bagatangira amakuru ku gihe ku batanga cyangwa bakira ruswa, ku bakoresha umwanya w’umurimo barimo mu nyungu zabo bwite no ku babahishira imitungo babonye mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

TAGGED:featuredNAEBRIBUmukozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Barasaba Ko Muri Kivu Y’Epfo Hoherezwa Ingabo Nyinshi
Next Article Ingo 2,000 Zigiye Guhabwa Amashanyarazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?