Mu gihe hasigaye amasaha make ngo u Rwanda n’ahandi ku isi muri rusange hizihizwe umunsi mpuzamahanga w’abakozi, urugaga nyarwanda rw’abakozi, Centrale des Syndicats de Travailleurs du...
Abanyarwanda babiri bavuga ko bakoreye ikigo cyitwa US Peace Corps mu bihe bitandukanye, ariko kirabahemukira kibirukana mu buryo budakurikije amategeko. Bakireze mu nkiko, zanzura ko bagitsinze...
Umugenzacyaha wo mu Karere ka Rusizi yaraye atawe muri yombi akurikiranyweho kwakira ruswa ya Frw 300 000. Umugabo wafashwe yari akuriye Ubugenzacyaha mu Karere akaba yitwa...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Édouard Bamporiki, yahakanye ibyamuvuzweho ko yambuye umukozi muri ‘hotel ye’ , avuga ko we adacuruza. Kuri uyu wa Mbere...
Umugabo witwa Zabron Gihana yasubijwe amadolari $ 9 400 yari asigaye nyuma y’uko umukozi we yayamwibye ubwo yayamuhaga ngo ayajyane kuyamubikiriza kuri Banki. Yafashwe amaze kurya...