Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukozi ‘Yibye’ Sebuja $10 000, RIB Imufata Ariyemo Make
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umukozi ‘Yibye’ Sebuja $10 000, RIB Imufata Ariyemo Make

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2021 6:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo witwa Zabron Gihana yasubijwe amadolari $ 9 400 yari asigaye nyuma y’uko umukozi we yayamwibye ubwo yayamuhaga ngo ayajyane kuyamubikiriza kuri Banki. Yafashwe amaze kurya mo $ 600.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha bwamusubije amafaranga ye, arushimira ubunyamwuga bugaragaza mu gufasha abaturage kubona ibyabo bibwe.

Umukozi wo mu iduka wafashwe yitwa Florien.

Kuri Twitter RIB yagize ati: “Uyu munsi ku cyicaro gikuru cya RIB habereye igikorwa cyo gusubiza Gihana Zabron, umucuruzi mu mujyi wa Kigali amadolari 9,400$ kuri 10,000$ yari yibwe n’umukozi we Rurangwa Florien wari wayahawe kugirano ayamushirire ku konti ya banki arayatorokana, afatwa amaze gukoreshaho 600$.”

Uyu mugabo yasubijwe amafaranga ye, asubira iwe.

TAGGED:AmadolarifeaturedGihanaRIBUmukozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UBufaransa Buravugwaho Uruhare Mu Iyicwa Rya Thomas Sankara
Next Article Umunyamabanga Mukuru Wa RPF Yijeje Kwimakaza Umubano N’u Burusiya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bunyoni Ararembye

Nyagatare: Inka 125,000 Zigiye Gukingirwa Indwara Ikomeye

Centrafrique: Ibyavuye Mu Matora Bizatangira Kumenyekana Mu Cyumweru Gitaha 

Igitaramo Cya Mbonyi Cyari Kuzabera i Rubavu Cyasubitswe

Abana Bagiye Gutozwa Guhesha Agaciro Imbyino Gakondo Nyarwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Guverineri W’Intara y’Amajyaruguru Asaba Abaturage Kwitabira Gutera Ibiti

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

You Might Also Like

Mu Rwanda

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Haratutumba Intambara Hagati Ya Chad N’Abarwanyi Bo Muri Sudan

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Nigeria Yahaye Amerika Amakuru Yayifashije Kurasa Abahezanguni B’Abisilamu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?