Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukunzi wa Clarisse KARASIRA ni muntu ki?, Biravugwa ko atwite
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umukunzi wa Clarisse KARASIRA ni muntu ki?, Biravugwa ko atwite

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 January 2021 11:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ni urukundo rushobora kuzabyara imbuto nziza bidatinze
SHARE

Clarisse Karasira akundana n’umusore witwa Ifashabayo Sylvain Dejoie akaba asanzwe ari umuyobozi wa kampani yitwa  Clarisse Karasira Ltd.

Urukundo rwa Clarisse Karasira na Ifashabayo rwatangiye uyu mukobwa ubwo yakoreraga muri Label ya BossPapa.

Umusore wegukanye Clarisse Karasira yize muri Ghana no muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Akazi ke mu by’imyidagaduro kari ako guteguraga ibitaramo harimo ibyiswe ‘Umurage Nyawo’ byo kwibuka Kamaliza na Minani Rwema wamenyekanye mu ndirimbo yise ‘Sur la Terre’.

Ifashabayo afite imyaka  27 ni umuhanga mu bintu byinshi birimo no kumenya kunjiza amatwara mu bantu, bikaba byaratumye aba umwe mu bayobora  Diaspora nyarwanda z’ibihugu yabayemo.

Muri iki gihe akorera Banki ya Kigali.

Amakuru dufite yemeza ko umuhanzikazi Clarisse Karasira atwite kandi akaba yitegura kuzajyana n’umugabo we gutura muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Ubwo yambikwaga impeta na Ifashabayo Sylvain Dejoie yirinze gutangaza uwayimwambitse.

Kuri Instagram yaranditse ati: “Umutware yansabye ko nazamubera umugabekazi w’ibikomangoma bye. Nashingira he mpakanira iyo Ngabo y’ikirenga?

Clarisse Karasira ari mu bahanzi kazi bakunzwe muri iki gihe n’ubwo ataramara igihe kirekire mu muziki w’Abanyarwanda b’ubu.

Aherutse gusohora indirimbo yise Rutaremara, yagaragayemo Muzee Tito Rutaremara [Karasira] amuririmbira.

Clarisse Karasira yatangiye umuziki muri 2018. Mbere yahoze ari umunyamakuru kuri imwe muri Radio na Televiziyo zikorera mu Rwanda.

Clarisse Karasira
Ifashabayo Sylvain Dejoie yayoboye Diaspora Nyarwanda muri USA
TAGGED:DiasporafeaturedGhanaIfashabayoKararisa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article USA: Imbere y’Inteko Ishinga Amategeko Hari Hagiye Kongera Kumeneka Amaraso
Next Article Perezida W’Uburundi Yasabye Abarundi Gusaba Imana Ikabafasha Gutsinda COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?