Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umukuru Wa Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umukuru Wa Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 May 2022 1:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari usanzwe ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu yapfuye afit imyaka 73 y’amavuko.

Yabitswe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu itangazo yasohoye ryabonywe na Al Jazeera.

Muri kiriya gihugu ibendera ryururukijwe rigezwa hagati kandi iki cyunamo kizamara iminsi 40.

Ibiro Ntaramakuru bya kiriya gihugu byitwa WAM bivuga ko uriya mugabo yari amaze iminsi arwaye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uburwayi bwe bwari bukomeye k’uburyo atitabiraga inama myinshi zireba igihugu cye ndetse n’ibindi bikorwa bigifitiye akamaro.

Ubu Leta zunze ubumwe z’Abarabu zigiye kuyoborwa mu buryo budasubirwaho n’umuvandimwe we witwa  Mohammed bin Zayed wayoboraga kiriya gihugu mu gihe cyose uriya muyobozi yari amaze arwaye arembye.

Sheikh Khalifa yagiye ku butegetsi mu mwaka wa 2004 asimbuye Se witwaga Sheikh Zayed.

Uyu mugabo niwe uvugwa ho kuba yarashinze kiriya gihugu akakigeza ku bukungu gifite kugeza ubu.

Kimwe mu bintu by’agahigo igihugu cye cyahize amahanga ni uko ari cyo cyubatswemo umuturirwa usumba indi yose ku isi witwa Burj Khalifa uri i Dubai.

- Advertisement -
TAGGED:AbarabufeaturedLetaUbumwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kuba Ibiciro Byarazamutse Ntibyagombye Kuba Intandaro Yo Kudasorera RRA
Next Article Undi Mugabo Ukekwaho Uruhare Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi Yafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?