Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari usanzwe ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu yapfuye afit imyaka 73 y’amavuko. Yabitswe na Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu...
Perezida Paul Kagame yabwiye Abagize Inteko ishinga Amategeko ya Jamaica ko u Rwanda rwiyemeje kuzakorana bya hafi n’igihugu cyabo mu nzego zirimo no gukomeza ubumwe bw’ababituye....
Ni ubutumwa urubyiruko rugize Intore ziswe Inkomezamihigo rwaraye ruhawe n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Uburere mboneragihugu Madamu Clarisse Munezero ubwo yazinjizaga mu Kigo cy’Ubutore cya...
Minisitiri wa Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano mboneragihugu Dr Jean Damascène Bizimana yabwiye abagenzacyaha 259 bari bitabiriye Inama rusange ya kabiri y’Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha yavuze ko ubumwe...
Kuva Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 yahagarikwa, nibwo bwa mbere mu Rwanda hashinzwe Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu. Iyi Minisiteri yemejwe mu gihe Abanyarwanda...