Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamahirwe Wa Airtel Yatomboye Menshi Mu Inzozi Lotto
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Umunyamahirwe Wa Airtel Yatomboye Menshi Mu Inzozi Lotto

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2022 6:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tito Havugimana  akomoka mu Murenge wa Mukama mu Karere ka Nyagatare. Yabwiye itangazamakuru ko yatomboye Frw 1.510.580 nyuma yo gutombora  mu irushanwa rya Inzozi Lotto.

Niwe munyamahirwe utomboye menshi kubera ko abandi batomboraga mbere ye batigeze bageza kuri ayo mafaranga.

Avuga ko yari asanzwe ari umuhinzi mu Karere ka Nyagatare kandi ngo atomboye iriya Miliyoni n’igice mu gihe gito kubera koyaro amaze ibyumweru bibiri gusa atangiye gutombola mu Inzozi Lotto.

Ati: “ Ubusanzwe ndi umuhinzi. Navaga mu buhinzi nkajya mu buyede kugira ngo mbone agafaranga ariko ubwo ntomboye aya mafaranga ngiye kureba uko nakwikenura.”

Havugimana avuga ko ariya mafaranga agiye kumufasha mu bihinzi bwe, arebe uko yabwongerera agaciro.

Tito  Havugimana asaba abandi bashaka gutombola  kandi bujuje imyaka yo gutombola ko bishobora kuko bishobora kubahindurira ubuzima.

Umukozi mu ishami ry’ubucuruzi no kwamamaza muri Airtel Rwanda witwa Didier Mukezangango avuga ko bahisemo gutangira kiriya gihembo aho Airtel Rwanda iri kumurikira ibyo ikora mu imurika riri kubera i Gikondo mu rwego rwo kurushaho kumenyekanisha ibyo bakora.

Avuga ko Airtel Rwanda ifitanye ubufatanye na Inzozi Lotto mu ugufasha abakiliya ba Airtel Rwanda gutombora  amafaranga ashobora kubahindurira ubuzima.

Mukezangango avuga ko Airtel Rwanda ifite indi mishinga yo kuzamura imibereho myiza y’abaturage binyuze mu buryo butandukanye.

Umukozi wa Airtel Rwanda hamwe n’uwa Inzozi Lotto baha sheke uwatsindiye igihembo cye

Avuga ko muri iki gihe hari uburyo bwinshi batangije bwafasha abakiliya ba Airtel Rwanda kwishimira impera z’umwaka.

Kugeza ubu abantu 120 nibo bamaze gutombola mu Inzozi Lotto  bakoresheje Airtel Money ariko batatu nibo batsindiye amafaranga menshi binyuze mu byo bise IGITEGO.

TAGGED:AirtelLottoMiliyoniTombola
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bavuga Ko Guverinoma Y’u Rwanda ‘Yabimye’ Miliyari Frw 8 Yabagombaga
Next Article Rwanda: Abashoye Mu Buhinzi Bigiye Hamwe Uko ‘Imirire Nkene’ Yacika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?