Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamakuru Wa Flash Arabagwa Mu Mutwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyamakuru Wa Flash Arabagwa Mu Mutwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 March 2023 10:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi wa Radio Flash&TV mu Karere ka Nyagatare witwa  Issa Kwigira yabwiye Taarifa ko ubuzima bw’umunyamakuru yakoreshaga witwa John Gumisiriza bugeze ahabi nyuma y’uko abaganga b’i Kanombe basanze hari igufa ryo mu mutwe ryangijwe n’ikaro yakubiswe n’abagizi ba nabi.

Kwigira avuga ko kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Werurwe, 2023 ari bwo  umubyeyi wa Gumisiriza n’inshuti ze bamujyanye mu bitaro by’u Rwanda bya gisirikare by’i Kanombe, bamucisha mu cyuma.

Basanze hari igufa rye ryangijwe n’ikaro abagizi ba nabi bamukubise mu ijoro ryo ku wa kabiri ubwo yari avuye mu kazi kuri radio.

Abaganga b’i Kanombe bavuze ko uriya munyamakuru agomba kubagwa kugira ngo harebwe uko icyo kibazo cyakosorwa.

John Gumisiriza arwariye i Kanombe arwajwe n’umubyeyi we.

John Gumisiriza ararembye
TAGGED:Abagizi ba nabifeaturedFlashKanombeKubagwaKwigiraUmunyamakuruUmutwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujinya u Bushinwa Bufitiye Taiwan Nturashira
Next Article Kenya Yatangije Ubufatanye BWERUYE N’Ingabo Za DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?