Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyamakuru Yiciwe Mu Kazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyamakuru Yiciwe Mu Kazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2023 9:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Free picture (News cameraman) from https://torange.biz/news-cameraman-2687
SHARE

Muri Leta ya Florida muri Amerika haravugwa inkuru y’umugizi wa nabi warashe umunyamakuru amusanze aho yari yaje gufatira amashusho y’ahabereye ubwicanyi bwakozwe n’uwo wamurashe.

Umugabo uvugwaho ubwo bwicanyi yari yabanje kurasa umugore aramwica arangije arahunga.

Nyuma yaje kugaruka hahandi yakoreye icyaha ahasanga umunyamakuru wari waje gufata amashusho y’ibyahabereye aramurasa nawe arapfa.

Yahiciye n’umwana w’imyaka icyenda.

Hagati aho Polisi yo mu gace ka Orange byabereyemo ivuga ko hari umusore witwa Keith Melvin Moses watawe muri yombi akekwaho buriya bwicanyi.

Ukekwaho buriya bwicanyi afite imyaka 19 y’amavuko.

Umunyamakuru wishwe yari asanzwe akorera ikinyamakuru kitwa Spectrum News 13.

Yazanye na mugenzi we ufata amashusho( camera operator) arabarasa  yica umunyamakuru akomeretsa ‘cameraman.’

Yahise akomereza mu rugo ruri hafi aho arasa umugore yahasanze amurasana n’umwana w’umukobwa w’imyaka icyenda.

Bajyanywe kwa muganga ariko umwana biranga arapfa.

Abapolisi bavuga ko uwafashwe basanze n’ubundi ari inkozi y’ikibi kuko mu idosiye ye harimo ibyaha byo kwiba, gukangisha abantu intwaro  n’ubundi bugizi bwa nabi.

Polisi kandi ivuga ko yaba umunyamakuru cyangwa abandi bishwe ku nshuro ya kabiri, nta n’umwe ufite aho ahuriye n’ubwicanyi bwari bwabanje.

TAGGED:AmerikaKurasaUmunyamakuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyemari Mironko ‘Yatutse’ Urukiko
Next Article CAF Yemeye Stade Ya Huye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?