Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyapolitiki Ukomeye Ruswa Y’Igitsina Imukozeho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umunyapolitiki Ukomeye Ruswa Y’Igitsina Imukozeho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 March 2021 6:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uwari usanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye nyuma yo gushinjwa itonesha rishingiye ku gutsina. Yabikoze mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Guverinoma ya Zimbabwe.

Mohadi yari Visi Perezida wa kabiri. Uwa mbere ni Gen  Constantino Chiwenga, bombi bari bungirije  Emmerson Mnangagwa wagiye ku butegetsi muri 2018.

Mohadi yavuze ko yahisemo kwegura mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Umukuru w’igihugu na Guverinoma yose.

Ibinyamakuru byo muri kiriya gihugu byari bimaze igihe byandika ko Mahidi afitanye ubucuti bwihariye bwaganishije ku mibonano mpuzabitsina ndetse harimo n’abo akoresha mu kazi.

Mohadi ahakana ibyo ashinjwa, akavuga ko ari umugambi w’abanyapolitiki batamushaka ku mwanya arimo.

Hari raporo yasohowe n’ikinyamakuru kitwa Zim News ivuga ko hari abagore yatse ruswa y’igitsina kugira ngo babone akazi.

Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye

Uyu munyapolitiki avuga ko azarega mu nkiko kiriya kinyamakuru.

TAGGED:featuredIgitsinaMohadiPerezidaRuswaZimbabwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko Rw’Ikirenga Rwimutse, Ubushinjacyaha Nibwo Butahiwe
Next Article Irinde Kugura Firigo Ihenze Ikangiza N’Umwuka Uhumeka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Bafungiwe Kwangiza Amashanyarazi

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

DRC: Ingabo Z’Uburundi Zirashinjwa Kwicisha Abanyamulenge Inzara

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ikoranabuhanga

Ubushinwa Bwatangiye Gukoresha Robo Zikora Gipolisi Mu Muhanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Abasirikare Ba Uganda Bicanye Bapfa Umugore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?