Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwanda Yashinzwe Kuyobora Ikigo Cy’Indangamuntu Cya Benin
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyarwanda Yashinzwe Kuyobora Ikigo Cy’Indangamuntu Cya Benin

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2023 8:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Pascal Nyamulinda wigeze kuba Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yahawe inshingano zo kuyobora Ikigo cya Benin gishinzwe gutanga indangamuntu.

Icyemezo kimuha izi nshingano cyafatiwe mu nama y’Abaminisitiri yaraye ibereye i Cotonou( Umurwa mukuru wa Benin) iyobowe na Perezida w’iki gihugu Nyakubahwa Patrice Talon.

Perezida wa Benin Nyakubakwa Patrice Talon(Ifoto@Presidence du Benin)

Nyamulinda asimbuye Gougbédji.

Ikigo azayobora kitwa Agence Nationale d’Identification des Personnes (ANIP).

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Uwo yasimbuye yari asanzwe  ari Umunyamabanga mukuru wungirije wa Guverinoma, akaba yari muri uwo mwanya kuva mu 2021.

Akiba mu nshingano mu Rwanda, Nyamulinda yakoze imirimo myinshi.

Mu mwaka wa 2017 yatorewe kuyobora Umujyi wa Kigali asimbuye Monique Mukaruliza .

Icyo gihe Mukaruliza yari amaze kugirwa Ambasaderi w’ u Rwanda i Lusaka muri Zambia.

Mu  mwaka umwe urenzeho amezi make, yareguye.

- Advertisement -

Hari muri Mata 2018.

Mbere y’izi nshingano yayoboye Ikigo gishinzwe Irangamuntu (NIDA) kuva mu mwaka wa 2007 kicyitwa Umushinga w’Irangamuntu, kugeza ku wa 3 Gashyantare 2017.

ANIP yashyizweho n’itegeko ryo muri Kamena 2017, ihabwa inshingano zo kwegeranya imyirondoro n’amakuru y’irangamimerere by’abaturage bose ba Bénin, haba mu nyandiko zifatika no mu ikoranabuhanga, kandi amakuru yabo akaba arinzwe neza.

Nk’umuntu wabikozemo imyaka myinshi Nyamulinda  yitezweho umusanzu ukomeye muri aka kazi.

 

TAGGED:BéninIndangamuntuNyamulindaPascalUmunyarwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Hari Abarimu B’Amateka Basimbuka Aya Jenoside Yakorewe Abatutsi
Next Article Umunyemari Mironko ‘Yatutse’ Urukiko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?