Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yahembewe Kwita Ku Bidukikije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Umunyarwandakazi Yahembewe Kwita Ku Bidukikije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2023 8:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kamanzi Claudine ni Umunyarwandakazi usanzwe ukora ibyo kwita ku bidukikije mu kigo yashinze yise Forest for Life Project. Yahembewe kwita ku butaka buteweho amashyamba, ahabwa igihembo kiswe 2024 Restoration Stewards.

Uyu rwiyemezamirimo ukiri muto yatoranyijwe mu bantu 300 bahataniraga igihembo cyagenewe rwiyemezamirimo ukiri muto cyatangiwe mu nama yiswe Youth in Landscapes Initiative and the Global Landscapes Forum.

Igihembo yahawe gikubiyemo amafaranga, inyandiko yemeza ubudashyikirwa ndetse no kumuhuza n’abazamugira inama.

Kamanzi avuga ko afite umushinga wo gutera ibiti ku gasozi ko mu Bugesera kitwa Kayovu kugira ngo kere ibiti bifata ubutaka kandi bigakurura imvura.

Yagenewe  €5,000 azamufasha mu kazi ke.

Kamanzi Claudine asanzwe akora imirimo y’ubuhinzi burondereza ubutaka, akaba gafotozi ndetse n’umuhanga mu gutunganya videos.

Arashaka gutera ibiti ahitwa Kayovu muri Bugesera

Abandi batsindanye na Kamanzi ni abo muri Bolivia, Brazil, India, Kenya, Nigeria no mu Birwa bya Philippines.

TAGGED:IgihemboImariKamanziUmunyarwandakazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kirehe: RIB Iraburira Abamotari
Next Article Muhanga: Amaze Imyaka 18 Agendera Ku Irangamuntu Itari Iye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Ikigo Gitunganya Intanga Zo Gutera Ihene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?