Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yahembewe Kwita Ku Bidukikije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Umunyarwandakazi Yahembewe Kwita Ku Bidukikije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 December 2023 8:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kamanzi Claudine ni Umunyarwandakazi usanzwe ukora ibyo kwita ku bidukikije mu kigo yashinze yise Forest for Life Project. Yahembewe kwita ku butaka buteweho amashyamba, ahabwa igihembo kiswe 2024 Restoration Stewards.

Uyu rwiyemezamirimo ukiri muto yatoranyijwe mu bantu 300 bahataniraga igihembo cyagenewe rwiyemezamirimo ukiri muto cyatangiwe mu nama yiswe Youth in Landscapes Initiative and the Global Landscapes Forum.

Igihembo yahawe gikubiyemo amafaranga, inyandiko yemeza ubudashyikirwa ndetse no kumuhuza n’abazamugira inama.

Kamanzi avuga ko afite umushinga wo gutera ibiti ku gasozi ko mu Bugesera kitwa Kayovu kugira ngo kere ibiti bifata ubutaka kandi bigakurura imvura.

Yagenewe  €5,000 azamufasha mu kazi ke.

Kamanzi Claudine asanzwe akora imirimo y’ubuhinzi burondereza ubutaka, akaba gafotozi ndetse n’umuhanga mu gutunganya videos.

Arashaka gutera ibiti ahitwa Kayovu muri Bugesera

Abandi batsindanye na Kamanzi ni abo muri Bolivia, Brazil, India, Kenya, Nigeria no mu Birwa bya Philippines.

TAGGED:IgihemboImariKamanziUmunyarwandakazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kirehe: RIB Iraburira Abamotari
Next Article Muhanga: Amaze Imyaka 18 Agendera Ku Irangamuntu Itari Iye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Burera: Abagabo 12 Barakekwaho Gushimuta Inka Mu Minsi Mikuru  

Amafoto: Abaturage Ba Ngoma Bishwe N’Inkuba Bashyinguwe

Uko Umusaruro W’Ibihingwa Wagenze Mu Gihembwe Cya Nyuma Cya 2025

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

You Might Also Like

Ubukungu

Gusura Ingagi Umunyarwanda Azishyura $200, Mu Zindi Pariki Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ifatwa Rya Maduro Ryatumye Igiciro Cya Zahahu N’ifeza Kizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Nyagatare: Inka 125,000 Zigiye Gukingirwa Indwara Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?