Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yapfiriye Muri Oman Agonzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyarwandakazi Yapfiriye Muri Oman Agonzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2024 1:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwizasate Hagira yari Umunyarwandakazi wabaga muri Oman, akaba yishwe n’imodoka yamugonze.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 02, Nyakanga, 2024 abantu bamubitse ko yapfuye.

Abo mu muryango we babwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko Umwizasate yari umukozi wo mu rugo mu Murwa mukuru wa Oman witwa Muscat.

Yagonzwe n’imodoka ubwo yari avuye guhaha mu iguriro, imodoka imuhitana ari kwambuka umuhanda.

Abamubibonye bihutiye gutabara, bajyana Hagira kwa muganga ariko ubuzima buranga burahasigara.

Abo mu muryango we bavuga ko azashyingurwa mu Rwanda ku italiki izatangazwa mu gihe kiri imbere.

Oman ni igihugu kiri muri Aziya y’Uburengerazuba. Mu Majyepfo yacyo haba imwigimbakirwa wa Arabia(Arabian Peninsula) n’ikigobe cya Perise(Persian Gulf).

Gihana imbibe n’ibihugu nka Saudi Arabia, Leta ziyunze z’Abarabu, Yemen, Iran na Pakistan.

Umurwa mukuru wa Oman ni Muscat kandi iki gihugu gituwe n’abaturage miliyoni 4.7.

Oman ku mubumbe w’isi.
TAGGED:featuredKwibohoraMuscatUmukobwaUmunyarwandakazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Urubyiruko Rukomeje Kwanga Perezida Ruto
Next Article Amafoto: Imbwa Za Pariki Y’Akagera Zihashya Ba Rushimusi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?