Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yapfiriye Muri Oman Agonzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyarwandakazi Yapfiriye Muri Oman Agonzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2024 1:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwizasate Hagira yari Umunyarwandakazi wabaga muri Oman, akaba yishwe n’imodoka yamugonze.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 02, Nyakanga, 2024 abantu bamubitse ko yapfuye.

Abo mu muryango we babwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko Umwizasate yari umukozi wo mu rugo mu Murwa mukuru wa Oman witwa Muscat.

Yagonzwe n’imodoka ubwo yari avuye guhaha mu iguriro, imodoka imuhitana ari kwambuka umuhanda.

Abamubibonye bihutiye gutabara, bajyana Hagira kwa muganga ariko ubuzima buranga burahasigara.

Abo mu muryango we bavuga ko azashyingurwa mu Rwanda ku italiki izatangazwa mu gihe kiri imbere.

Oman ni igihugu kiri muri Aziya y’Uburengerazuba. Mu Majyepfo yacyo haba imwigimbakirwa wa Arabia(Arabian Peninsula) n’ikigobe cya Perise(Persian Gulf).

Gihana imbibe n’ibihugu nka Saudi Arabia, Leta ziyunze z’Abarabu, Yemen, Iran na Pakistan.

Umurwa mukuru wa Oman ni Muscat kandi iki gihugu gituwe n’abaturage miliyoni 4.7.

Oman ku mubumbe w’isi.
TAGGED:featuredKwibohoraMuscatUmukobwaUmunyarwandakazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Urubyiruko Rukomeje Kwanga Perezida Ruto
Next Article Amafoto: Imbwa Za Pariki Y’Akagera Zihashya Ba Rushimusi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Nyamasheke: Abaturage Barasaba Kugabanyirizwa Tike Y’Ubwato Bubafasha Kujya Guhaha

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?