Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yapfiriye Muri Oman Agonzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyarwandakazi Yapfiriye Muri Oman Agonzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 July 2024 1:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwizasate Hagira yari Umunyarwandakazi wabaga muri Oman, akaba yishwe n’imodoka yamugonze.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 02, Nyakanga, 2024 abantu bamubitse ko yapfuye.

Abo mu muryango we babwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko Umwizasate yari umukozi wo mu rugo mu Murwa mukuru wa Oman witwa Muscat.

Yagonzwe n’imodoka ubwo yari avuye guhaha mu iguriro, imodoka imuhitana ari kwambuka umuhanda.

Abamubibonye bihutiye gutabara, bajyana Hagira kwa muganga ariko ubuzima buranga burahasigara.

Abo mu muryango we bavuga ko azashyingurwa mu Rwanda ku italiki izatangazwa mu gihe kiri imbere.

Oman ni igihugu kiri muri Aziya y’Uburengerazuba. Mu Majyepfo yacyo haba imwigimbakirwa wa Arabia(Arabian Peninsula) n’ikigobe cya Perise(Persian Gulf).

Gihana imbibe n’ibihugu nka Saudi Arabia, Leta ziyunze z’Abarabu, Yemen, Iran na Pakistan.

Umurwa mukuru wa Oman ni Muscat kandi iki gihugu gituwe n’abaturage miliyoni 4.7.

Oman ku mubumbe w’isi.
TAGGED:featuredKwibohoraMuscatUmukobwaUmunyarwandakazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya: Urubyiruko Rukomeje Kwanga Perezida Ruto
Next Article Amafoto: Imbwa Za Pariki Y’Akagera Zihashya Ba Rushimusi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?