Hari abantu batanu bo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza batawe muri yombi n’ubugenzacyaha bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umukobwa. Bakekwaho kwica uwo mukobwa bamuziza...
Abakobwa bafite hagati y’imyaka icyenda n’imyaka 16 y’amavuko biga mu mashuri yisumbuye bahurijwe hamwe bibutswa ko kwiga ikoranabuhanga ari ingenzi mu myigire n’iterambere ryabo. Kubahuza byakozwe...
Umujura utamenyekanye yateye umukobwa icyuma mu nda no mu ijosi. Amakuru avuga ko uwo mujura yari yaje kare arihisha ashaka ko baza kumufungiranira mu nzu akabiba....
Nyuma y’uko uwiyamamarizaga kuyobora abandi banyeshuri ariko akaba ari uwo mu ishyaka rya Bobi Wine ryitwa National Unity Platform( NUP) akuwe ku rutonde bikarakaza abo muri...
Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango hari inkuru ivuga iby’umugabo wakubise umwana we w’imyaka itandatu bimuviramo urupfu. Uwo mwana yari umukobwa, bikemezwa ko yari amaze...