Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwandakazi Yatorewe Kuyobora Ihuriro Ry’Abanyamategeko Ba EAC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umunyarwandakazi Yatorewe Kuyobora Ihuriro Ry’Abanyamategeko Ba EAC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 November 2022 9:21 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Yitwa Florida Kabasinga. Aherutse gutorerwa kuba Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro ry’Abanyamategeko bo mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ryitwa East Africa Law Society (EALS).

Iri huriro rigizwe n’abanyamategeko 19,000.

Florida Kabasinga asanzwe afite ikigo cyunganira abantu mu manza kitwa Certa Law.

Ni umuhanga mu mategeko mpuzamahanga mpanabyaha( international criminal law) ndetse n’amategeko agenga iby’ubukungu tutibagiwe n’amategeko agenga ibyaha nshinjabyaha.

Uretse kuba yatorewe ziriya nshingano, uyu mugore yari asanzwe ayoboye Komite nkemurampaka mu Ihuriro ry’abanyamategeko bagize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba.

The New Times yanditse ko  Kabasinga aba no mu Ihuriro ry’abanyamategeko bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ryitwa American Bar Association.

Afite impamyabumenyi ihanitse mu mategeko agenga uburenganzira bwa muntu( Human Rights Law) yakuye muri Kaminuza ya Notre Dame iri muri Leta ya Indiana muri Amerika.

Ihuriro ry’abanyamategeko bo muri EAC rihuza abagize ingaga za buri gihugu  ni ukuvuga urwa Kenya bita Law Society of Kenya, urwa Tanzania bita  Tanganyika Law Society, urwa Uganda bita Uganda Law Society, urwitwa Zanzibar Law Society, urw’u Rwanda bita Rwanda Bar Association, urw’u Burundi bita Burundi Bar Association ndetse n’urwa Sudan y’Epfo rwitwa South Sudan Bar Association.

TAGGED:AmategekoEACfeaturedKabasinga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Equatorial Guinea Yatorewe Manda Ya ‘Gatandatu’
Next Article Ab’i Kirehe Barataka Kutagira Ihuzamurongo Rya Telefoni Rifatika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?