Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwenya Wo Muri ‘Bigomba Guhinduka’ Yagizwe Intere N’Abagizi Ba Nabi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umunyarwenya Wo Muri ‘Bigomba Guhinduka’ Yagizwe Intere N’Abagizi Ba Nabi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2023 4:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iryamukuru Etienne wamamaye mu itsinda afatanyije na mugenzi we witwa Japhet rikina umukino bise ‘Bigomba Guhinduka’ aherutse gutegwa n’abagizi ba nabi  baramuniga baramwambura bamusiga avirirana.

Byabaye taliki 09, Werurwe, 2023 ahagana saa munani z’ijoro ubwo yari avuye kureba mugenzi we ngo baganire ku mishinga ya Bigomba Guhinduka.

Yakubitiwe kandi yamburirwa utwe ku Gisozi mu Kagari ka Musezero mu Karere ka Gasabo.

Umushinga wabo wa ‘Bigomba Guhinduka’ uherutse guhembwa nk’uwahize iyindi mu kiswe Innovation Accelerator’ (iAccelerator5).

Niwo yari avuye kuganiraho na Japhet atashye ahura n’abagabo bane, umwe muri bo aramwihamagarishwa ngo Etienne, undi agira ngo yamwibeshyeho ariko bidatinze yagiye kumva yumva amuturutse inyuma aramunize.

Abandi bagizi ba nabi baraje bafasha mugenzi wabo, umwe yicara ku maguru ya Etienne undi amufata amaboko, wa wundi we akomeza kumuniga mu gihe uwa kane yamushotse imifuka arayeza.

Bamutwaye mudasobwa, bamutwara telefoni, ikofi n’ibitabo yari avanye kuri Kaminuza yigenga ya Kigali aho asanzwe yiga.

Yagaruye ubwenge asanga ari kwa muganga, ariko ikirego cyaratanzwe, iperereza riri gukorwa.

TAGGED:AbagiziBigombaEtiennefeaturedGasaboGisoziGuhindukaMudasobwaNabitelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngororero: Umugore Yafashwe Acukura Amabuye Y’Agaciro Atabyemerewe
Next Article BAL 2023:Ikipe Ihagarariye u Rwanda Yatangiye Itsinda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Nta Gihugu Cyakijijwe Naza NGOs-Perezida Kagame

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Kagame Ari Muri Qatar Mu Kwigira Hamwe N’Abandi Icyarushaho Guteza Imbere Isi

Kicukiro: Ikigo Kivura Indwara Z’Umutima Kiruzura Umwaka Utaha

You Might Also Like

Ubukungu

Ibiciro Bya Lisansi Na Mazutu Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?