Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwenya Wo Muri ‘Bigomba Guhinduka’ Yagizwe Intere N’Abagizi Ba Nabi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umunyarwenya Wo Muri ‘Bigomba Guhinduka’ Yagizwe Intere N’Abagizi Ba Nabi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2023 4:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iryamukuru Etienne wamamaye mu itsinda afatanyije na mugenzi we witwa Japhet rikina umukino bise ‘Bigomba Guhinduka’ aherutse gutegwa n’abagizi ba nabi  baramuniga baramwambura bamusiga avirirana.

Byabaye taliki 09, Werurwe, 2023 ahagana saa munani z’ijoro ubwo yari avuye kureba mugenzi we ngo baganire ku mishinga ya Bigomba Guhinduka.

Yakubitiwe kandi yamburirwa utwe ku Gisozi mu Kagari ka Musezero mu Karere ka Gasabo.

Umushinga wabo wa ‘Bigomba Guhinduka’ uherutse guhembwa nk’uwahize iyindi mu kiswe Innovation Accelerator’ (iAccelerator5).

Niwo yari avuye kuganiraho na Japhet atashye ahura n’abagabo bane, umwe muri bo aramwihamagarishwa ngo Etienne, undi agira ngo yamwibeshyeho ariko bidatinze yagiye kumva yumva amuturutse inyuma aramunize.

Abandi bagizi ba nabi baraje bafasha mugenzi wabo, umwe yicara ku maguru ya Etienne undi amufata amaboko, wa wundi we akomeza kumuniga mu gihe uwa kane yamushotse imifuka arayeza.

Bamutwaye mudasobwa, bamutwara telefoni, ikofi n’ibitabo yari avanye kuri Kaminuza yigenga ya Kigali aho asanzwe yiga.

Yagaruye ubwenge asanga ari kwa muganga, ariko ikirego cyaratanzwe, iperereza riri gukorwa.

TAGGED:AbagiziBigombaEtiennefeaturedGasaboGisoziGuhindukaMudasobwaNabitelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngororero: Umugore Yafashwe Acukura Amabuye Y’Agaciro Atabyemerewe
Next Article BAL 2023:Ikipe Ihagarariye u Rwanda Yatangiye Itsinda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?