Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umunyarwenya Wo Muri ‘Bigomba Guhinduka’ Yagizwe Intere N’Abagizi Ba Nabi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umunyarwenya Wo Muri ‘Bigomba Guhinduka’ Yagizwe Intere N’Abagizi Ba Nabi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2023 4:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iryamukuru Etienne wamamaye mu itsinda afatanyije na mugenzi we witwa Japhet rikina umukino bise ‘Bigomba Guhinduka’ aherutse gutegwa n’abagizi ba nabi  baramuniga baramwambura bamusiga avirirana.

Byabaye taliki 09, Werurwe, 2023 ahagana saa munani z’ijoro ubwo yari avuye kureba mugenzi we ngo baganire ku mishinga ya Bigomba Guhinduka.

Yakubitiwe kandi yamburirwa utwe ku Gisozi mu Kagari ka Musezero mu Karere ka Gasabo.

Umushinga wabo wa ‘Bigomba Guhinduka’ uherutse guhembwa nk’uwahize iyindi mu kiswe Innovation Accelerator’ (iAccelerator5).

Niwo yari avuye kuganiraho na Japhet atashye ahura n’abagabo bane, umwe muri bo aramwihamagarishwa ngo Etienne, undi agira ngo yamwibeshyeho ariko bidatinze yagiye kumva yumva amuturutse inyuma aramunize.

Abandi bagizi ba nabi baraje bafasha mugenzi wabo, umwe yicara ku maguru ya Etienne undi amufata amaboko, wa wundi we akomeza kumuniga mu gihe uwa kane yamushotse imifuka arayeza.

Bamutwaye mudasobwa, bamutwara telefoni, ikofi n’ibitabo yari avanye kuri Kaminuza yigenga ya Kigali aho asanzwe yiga.

Yagaruye ubwenge asanga ari kwa muganga, ariko ikirego cyaratanzwe, iperereza riri gukorwa.

TAGGED:AbagiziBigombaEtiennefeaturedGasaboGisoziGuhindukaMudasobwaNabitelefoni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngororero: Umugore Yafashwe Acukura Amabuye Y’Agaciro Atabyemerewe
Next Article BAL 2023:Ikipe Ihagarariye u Rwanda Yatangiye Itsinda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?