Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umupolisi Mukuru Aravugwaho Gushaka Guhitana Umukire Wa Mbere Mu Buhinde
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umupolisi Mukuru Aravugwaho Gushaka Guhitana Umukire Wa Mbere Mu Buhinde

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 March 2021 11:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni inkuru yazindutse yabaye kimomo mu binyamakuru byo mu Buhinde nyuma y’uko abantu basanze imodoka itezemo ibisasu ihagaze hafi y’umuturirwa w’umukire wa mbere mu Buhinde witwa Mukesh Ambani. Byavuzwe ko Umuyobozi mukuru w’Ishami rya Polisi y’u Buhinde rishinzwe ubugenzacyaha ari we uri inyuma y’uwo mugambi.

Umuherwe Mukesh Ambani yari aherutse gutangiza umushinga wo kubaka umuturirwa muremure cyane  mu gace ka Bombay, uyu mushinga ukaba waratumye hasenywa inzu nyinshi zari muri ako gace.

Ni umuturirwa muremure k’uburyo umuntu uri mu bilometero byinshi awubona.

Iby’uko Umuyobozi wa Polisi ishinzwe gukurikirana abanyabyaha ari we wihishe inyuma ya kiriya gitero, byatangajwe nyuma y’iperereza ryatangiye tariki 25 Gashyantare, 2021.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abantu babonye iriya modoka yahagaritswe hafi y’uriya muturirwa uri ku muhanda witwa Carmichael.

Ni umuturirwa utuwemo n’abo mu muryango w’aba Ambani.

Muri iriya vatiri basanzemo ibiturika bifite ibilo 2.5 by’ikinyabutabire kitwa gélinite.

Ikinyamakuru cyo mu Buhinde kitwa Hindoustan Times kivuga ko kugeza ubu umuherwe Ambani n’abo mu muryango we bari babanye neza n’ubutegetsi bw’u Buhinde kandi bimaze igihe kirekire.

Mukesh Dhirubhai Ambani ni umukire cyane k’uburyo muri iki gihe ari we mukire wa mbere mu Buhinde no muri Aziya yose.

- Advertisement -

Ni umukire wa 10 ku isi akaba afite umutungo wa miliyari $ 83.1.

Mukesh Ambani, Umukire wa mbere mu Buhinde no muri Aziya
TAGGED:BuhindeIshamiPolisiUmuherwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umushoramari Wakomotseho Izina ‘Chez Venant’ Yitabye Imana
Next Article Kagame Yihanganishije Abaturage Ba Tanzania, Ashima Umusanzu w’Inshuti Ye Magufuli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbutabera

Kigali: Mu Minsi 10 Polisi Imaze Gufata Ibilo 50 By’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?