Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yarangije gushyira ku ruhande Miliyoni $10 yo kwifashisha mu gihe indwara y’ubushita bw’inkende yaba yageze mu gihugu. Ni amafaranga...
Ni inkuru yazindutse yabaye kimomo mu binyamakuru byo mu Buhinde nyuma y’uko abantu basanze imodoka itezemo ibisasu ihagaze hafi y’umuturirwa w’umukire wa mbere mu Buhinde witwa...