Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umupolisi wa Uganda Yishwe Arashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umupolisi wa Uganda Yishwe Arashwe

Last updated: 01 December 2021 12:01 pm
Share
SHARE

Polisi ya Uganda yatangiye iperereza ku rupfu rw’umupolisi witwa Sgt. Emuria Gideon wishwe arashwe kuri uyu wa Kabiri, ndetse yamburwa imbunda n’abantu bataramenyekana.

Yarashwe ubwo yajyaga ku kazi ke ko kurinda urugo rw’umwe mu bacamanza b’Urukiko rukuru, ahagana saa moya z’ijoro mu Karere ka Soroti.

Polisi ya Uganda yatangaje ko ikomeje iperereza kuri ubwo bwicanyi, hanashakishwa ababigizemo uruhare bahise baburirwa irengero.

Mu itangazo yasohoye yagize iti “Uburinzi ni umwe mu mirimo y’ingenzi ya polisi, ndetse nta mpamvu n’imwe ubugizi bwa nabi nk’ubu bukwiye kugirirwa abapolisi. Nubwo impamvu z’abagabye icyo gitero zitaramenyekana, turahamya ko ari ubwicanyi bwari bwagambiriwe.”

Yavuze ko ababigizemo uruhare bose bazafatwa bakabiryozwa.

Ubu bwicanyi bubaye nyuma y’igihe gito muri Uganda hagabwe ibitero by’iterabwoba byagabwe mu murwa mukuru Kampala, bishinjwa umutwe w’iterabwoba wa ADF.

Ibyo bitero byishe abantu bane barimo umupolisi, bikomeretsa abantu 37 barimo abapolisi 27.

Polisi imaze guta muri yombi abantu barenga 100 bakekwaho uruhare muri ibyo bikorwa by’iterabwoba.

TAGGED:featuredImbundaIterabwobaPolisi ya Uganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Aba Masaï: Abaturage Bakunda Ishyamba N’Amajyambere
Next Article Ingabo Za Ethiopia Zisubije Ibice Byinshi Byari Byafashwe Na TPLF
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?