Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umupolisi Yambuye Abamotari Amafaranga Ayahonga Indaya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umupolisi Yambuye Abamotari Amafaranga Ayahonga Indaya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2022 8:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umupolisi ukora mu ishami rishinzwe umutekano mu muhanda aherutse gutabwa muri yombi akurikiranyweho kwambura abamotari amafaranga kugira ngo atabahanira amakosa y’imikoreshereze y’umuhanda arangije ajya kuyahonga indaya.

Uyu mupolisi usanzwe ukorera mu Murwa mukuru w’u Bwongereza yafashwe nyuma y’isesengura ry’amakuru abayobozi be bari bamaze iminsi babona atangwa na cameras zo ku muhanda ndetse n’andi yatangwaga n’abamotari mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Nta mazina ye aratangazwa kugeza ubu ariko amakuru avuga ko buriya bujura yabukoreshaga imodoka ya Polisi ariko idafite ibiyiranga bigaragarira buri wese.

Amafaranga yakusanyaga yayajyanye mu ndaya nk’uko The Sun yabyanditse.

Ishami rya Polisi y’u Bwongereza rishinzwe kurwanya ruswa niryo ryamufashe.

Abapolisi bo muri iri shami bamwatse telefone ye ngo bayigenzure , barebe n’uburyo yakoresheje murandasi mu minsi myinshi yabanjirije ifatwa rye.

The Sun itangaza ko uretse no kuba akukiranyweho biriya byaha, hari n’indi dosiye akurikiranyweho.

Iyo ni iyo gukorana n’abagizi ba nabi b’ahitwa Midlands.

TAGGED:AmafarangaBwongezafeaturedIndayaUmupolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yvan Buravan YATABARUTSE
Next Article Bigize Abatumirwa Biba Muri Kigali Convention Center Na Marriot
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?