Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuraperi DMX Ararembye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuraperi DMX Ararembye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 April 2021 11:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamategeko w’umuraperi DMX yemeje ko arembye, ndetse ko ari ku byuma bimufasha guhumeka kubera uburwayi bw’umutima bumugeze habi.

Murray Richman yatangaje ko DMX yagize ikibazo cy’umutima ku wa Gatanu mu gicuku ari mu rugo rwe mu gace ka White Plains muri Leta ya New York, ahita ajyanwa n’imbangukiragutabara ku bitaro byo hafi aho.

Yahise ashyirwa ku byuma bimufasha guhumeka kugeza na magingo aya, nk’uko Richman yabitangarije CNN. Ntabwo haramenyekana icyamuteye iki kibazo cy’umutima.

DMX witwa Earl Simmons, ni umuraperi ubimazemo igihe guhera mu myaka ya 1990, aho yasohoye indirimbo zirimo “Party Up” na “Get At Me Dog.” Album ze zarakunzwe cyane.

Uyu mugabo w’imyaka 50 yanakinnye muri filime nyinshi.

Aheruka gufungurwa mu mwaka wa 2019, nyuma y’umwaka umwe yamaze muri gereza amaze guhamywa ibyaha byo kunyereza imisoro.

TAGGED:DMX
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Ababikira ‘Bishe Amabwiriza’ Ya Leta
Next Article Umunyakenyakazi Yaciye Agahigo Mu Kwiruka Igice Cya Marathon
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?