Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umurusiya Wiyicishaga Inzara Yavuye Ku Izima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umurusiya Wiyicishaga Inzara Yavuye Ku Izima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2021 3:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aleksei A. Navalny wari umaze ibyumweru bitatu yiyicisha inzara kugira ngo arebe ko ubutegetsi bwa Vladimir Putin bwamurekura yavuye ku izima. Yabihagaritse nyuma yo kubigirwamo inama n’abaganga be.

Nyuma yo kubihagarika yabwiye abanyamakuru ko yabiretse kubera ko ngo yegeze ku byo yifuzaga.

Uyu mugabo yari yaratangiye kwiyicisha inzara guhera tariki 31, Werurwe, 2021.

Icyo gihe hari mu buryo bwo kugira ngo yereke ubutegetsi bw’u Burusiya ko ibyo bumukorera bidakwiye.

Nyuma yo kubona ko ashobora kuhasiga ubuzima kandi ko yageze kubyo yifuzaga mu rugero runaka yahisemo kubihagarika.

Yabwiye The New York Times ko ari we wihitiyemo abaganga bagomba kumufasha kongera kuzanzamuka.

Yanditse kuri Instagram ye ati: “ Abaganga nihitiyemo kandi nizera neza nibo bamfashije kugarura ubuyanja.”

Uyu mugabo yigeze kurogwa nabwo agarukira kure.

Icyo gihe yari yararogewe mu Budage .

TAGGED:AbanyamakurufeaturedInzaraNavalnyUburoziUmurusiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hasinywe Amasezerano Yo Gufasha Abaturage Gukora Ku Ifaranga
Next Article Kuko COVID-19 Ihari Gusaranganya Ibikoresho Byo Kuyirwanya Biracyari Ngombwa- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Vietnam: Imyuzure Yishe Abantu 90 Abandi 12 Baburirwa Irengero

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ese Uburundi Burashaka Gufasha DRC No Muri Dipolomasi?

Ndayishimiye Aherutse Kujya Kwishyuza Tshisekedi

You Might Also Like

Mu Rwanda

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Qatar Yasinyanye Na DRC Amasezerano Atandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Umutekano W’Abana Urenze Indyo Yuzuye-Umuyobozi wa UNICEF Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?