Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umurusiya Wiyicishaga Inzara Yavuye Ku Izima
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umurusiya Wiyicishaga Inzara Yavuye Ku Izima

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2021 3:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aleksei A. Navalny wari umaze ibyumweru bitatu yiyicisha inzara kugira ngo arebe ko ubutegetsi bwa Vladimir Putin bwamurekura yavuye ku izima. Yabihagaritse nyuma yo kubigirwamo inama n’abaganga be.

Nyuma yo kubihagarika yabwiye abanyamakuru ko yabiretse kubera ko ngo yegeze ku byo yifuzaga.

Uyu mugabo yari yaratangiye kwiyicisha inzara guhera tariki 31, Werurwe, 2021.

Icyo gihe hari mu buryo bwo kugira ngo yereke ubutegetsi bw’u Burusiya ko ibyo bumukorera bidakwiye.

Nyuma yo kubona ko ashobora kuhasiga ubuzima kandi ko yageze kubyo yifuzaga mu rugero runaka yahisemo kubihagarika.

Yabwiye The New York Times ko ari we wihitiyemo abaganga bagomba kumufasha kongera kuzanzamuka.

Yanditse kuri Instagram ye ati: “ Abaganga nihitiyemo kandi nizera neza nibo bamfashije kugarura ubuyanja.”

Uyu mugabo yigeze kurogwa nabwo agarukira kure.

Icyo gihe yari yararogewe mu Budage .

TAGGED:AbanyamakurufeaturedInzaraNavalnyUburoziUmurusiya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hasinywe Amasezerano Yo Gufasha Abaturage Gukora Ku Ifaranga
Next Article Kuko COVID-19 Ihari Gusaranganya Ibikoresho Byo Kuyirwanya Biracyari Ngombwa- Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?