Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusanzu Wa CIMERWA Mu Kubakira Abasenyewe N’Ibiza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umusanzu Wa CIMERWA Mu Kubakira Abasenyewe N’Ibiza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2023 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo gikora Sima kitwa CIMERWA cyatanze imifuka 2000 ya sima yo gufasha mu kubakira abasenyewe n’ibiza biherutse kwibasira ibice byinshi by’u Rwanda.

Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA, ivuga ko mu byumweru bibiri biri imbere, imirimo yo kubakira abasenyewe na biriya biza, izatangira.

Haba mu Mujyi wa Kigali haba n’ahandi mu Rwanda, abayobozi bari gushaka ahantu heza ho gutuza bariya bantu.

Imibare ya Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi iheruka, ivuga ko ibiza byahitanye abantu 135.

Hari undi muntu waburiwe irengero kandi ubwo twandikaga iyi nkuru ibye byari bitaramenyekana.

Abantu 110 barahakomerekeye, abandi 13 mu Cyumweru gishize bari bakiri mu bitaro.

Imibare ya MINUBUMWE yavugaga ko hari inzu 5,963 zasenyutse, abantu 20, 326 bavanwa mu byabo.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame aherutse kwizeza abaturage ko abashegeshwe n’ibiza, Guverinoma izabashumbusha.

Ubuyobozi bwa CIMERWA bwatanze imfashanyo yo kubakira abasenyewe n’ibiza
TAGGED:CIMERWAIbizaSimaUbutabazi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article G7: Amerika Yahaye Abanyaburayi Ikigeragezo
Next Article REG BBC Yatumye Ikizere Abanyarwanda Bari Bayifitiye Kiyoyoka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?