Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusaza Habyarimana Joseph Wiswe ‘Hakiyamungu’ Yaratiye Min Gatabazi Ibyo Bagezeho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'Abaturage

Umusaza Habyarimana Joseph Wiswe ‘Hakiyamungu’ Yaratiye Min Gatabazi Ibyo Bagezeho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 May 2021 4:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Joseph Habyarimana  utuye mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi wamenyekanye muri 2016 mu Nama y’igihugu y’Umushyirano ubwo yasetsaga u Rwanda rwose binyuze mu ijambo yagejeje ku bari bawitabiriye harimo na Perezida Paul Kagame, aracyariho ndetse arashima ko aho atuye bateye imbere kurusha muri 2016.

Mu ijambo yagejeje ku bashyitsi basuye Akarere ka Rusizi bayobowe na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi, yavuze ko i Gikundamvura abaturage bateye imbere.

Yagize ati: “I  Gikundamvura ubu twabonye amashanyarazi.  Twaguze imashini zisya akawunga kandi turakanda ku gikuta amashanyarazi akaka.”

Uyu musaza yamenyekanye muri 2016 ubwo yatangaga igitekerezo cy’uburyo Perezida Kagame yatumye agace atuyemo gatera imbere.

Ubwo yaganirizaga abashyitsi bazanye na Minisitiri Gatabazi

Icyo gihe yavuze ko Gikundamvura bamaze igihe kirekire mu bujiji n’iterambere ricye k’uburyo babonye ‘katalepulari’( caterpillar) bagakuka umutima bagatumanaho ngo ‘muze murebe noneho ibibaye!’

Imvugo ye icyo gihe yasekeje abari muri Kigali Convention Center n’ahandi hose mu Rwanda bari bamukurikiye icyo gihe.

Icyo gihe yabwiye Umukuru w’igihugu n’abandi bari aho ko atuye mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Kizura, Umurenge wa Gikundamvura muri Rusizi.

Kuri uyu wa Gatandatu nabwo yabwiye abashyitsi basuye aho atuye ko amajyambere bagezeho akomeje kuba mahire kandi ko noneho n’amashyanyarazi yaje bakaba bakanda ku gikuta amatara akaka.

Ikindi ngo ni uko ushatse gusesha amasaha abona icyuma kiyasya bityo ntabapfire ubusa.

 

TAGGED:AmashyarazifeaturedGatabaziHabyarimaJosephRusiziRwandaUmushyikirano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article REG Ishinja Abakozi Bayo Kuyiba
Next Article Hari Ikirunga Gituriye U Rwanda ‘Kiri Kuruka’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?