Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusirikare Urinda Perezida Wa Ukraine Yarashe Bagenzi Be
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umusirikare Urinda Perezida Wa Ukraine Yarashe Bagenzi Be

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 January 2022 10:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu muri Ukraine yatangaje ko umwe mu basirikare barinda Perezida wa Ukraine yarashe bagenzi be yicamo batanu, akomeretsa abandi batanu ahita acika.

Uriya musirikare yishe bagenzi be akoresheje imbunda ya AK 47 .

Itangazo rya Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu muri Ukraine ivuga ko uriya musirikare afite imyaka 21 y’amavuko.

Yabishe abasanze mu ruganda rwa Ukraine rukorerwamo ibisasa biremereye ruri ahitwa Ioujmach de Dnipro rwagati mu gihugu.

Ubu bwicanyi bubaye mu gihe umubano wa Ukraine n’u Burusiya utifashe neza.

Ntiwifashe neza k’uburyo isi ifite impungenge ko igihe icyo ari cyo cyose intambara ishobora kurota.

Umuyobozi mukuru w’abasirikare barinda Perezida wa Ukraine yageze ahabereye buriya bwicanyi, kandi hatangijwe ibikorwa byo gushakisha uriya musirikare ngo ashyikirizwe ubutabera.

Le Parien yanditse ko uwarashe bagenzi be yabikoze amaze gufata imbunda ye kugira ngo ajye ku burinzi.
Ntiharamenyekana icyabimuteye.

Itangazamakuru ryo muri kiriya gihugu rivuga ko atari ubwa mbere ubwicanyi nka buriya buba muri Ukraine, akenshi bigaterwa n’ikinyabupfura gike mu basirikare hagati yabo.

Bamwe bahitamo kurasa bagenzi babo, abandi bakiyahura kuko baba banga gukomeza gufatwa nabi n’abayobozi babo.

TAGGED:BurusiyaIgihuguUkraineUmukuruUmusirikare
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Ni Nk’Isinagogi- Umuraperi Riderman
Next Article Umugore Ukekwaho Uruhare Mu Rupfu Rwa Akeza Yagejejwe Imbere Y’Ubutabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

You Might Also Like

Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Hezbollah Yarahiriye Kuzihorera Kuri Israel Kubera Umuyobozi Wayo Iherutse Kwica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uwayoboraga Guinea-Bissau Yahungiye Muri Senegal

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abahitanywe N’Inkongi Muri Hong Kong Biyongereye, Ikizere Ku Barokotse Cyakendereye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?