Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusirikare Wa DRC Yabanje Kurasa Ingabo Z’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umusirikare Wa DRC Yabanje Kurasa Ingabo Z’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2022 12:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko mbere y’uko  izi ngabo zirasa umusirikare wa DRC wari waje k’ubutaka bw’u Rwanda, ngo yari yabanje kurasa ku munara RDF icungiraho umutekano.

Itangazo ryavuye muri Minisiteri y’ingabo zivuga ko uwo musirikare yahise araswa arapfa kandi ngo yapfuye ataragira uwo yica cyangwa ngo amukomeretse.

Hahise hahuruzwa ingabo z’Akarere ibihugu byombi birimo zigize ikitwa Expanded Joint Verification Mechanism kugira ngo zirebe intandaro y’ibyabaye.

Hagati aho ingabo z’u Rwanda zivuga ko umutekano ari wose k’umupaka bityo ko abatuye u Rwanda bakwikomereza akazi kabo.

Umusirikare wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yarasiwe mu Murenge wa Gisenyi, Akagari ka Mbugangari ahagana saa saba z’ijoro.

Muri Kanama, 2022, nabwo hari undi musirikare w’iki gihugu warasiwe mu Murenge wa Busasamana n’aho ni mu Karere ka Rubavu.

Uyu we yari yinjiye mu Rwanda arasa abapolisi abakomeretsa ariko umupolisi umwe mu bari bari aho aza kumurasa aramwica.

Uyu musirikare mu Mudugudu wa Cyamatare, Akagari ka Rusura, Umurenge wa Busasamana.

Ibi byabereye hafi y’isoko riri hafi y’umupaka bita cross border.

TAGGED:DRCfeaturedIngaboRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusirikare Wa DRC Yarasiwe Mu Rwanda
Next Article Turashaka Ko Kaminuza Y’u Rwanda Iba Kaminuza Yigisha Abazakorera Leta Beza-PM Dr.Ngirente
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?