Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusore W’I Musanze Wavugwagaho Kuburirwa Irengero Yarishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umusore W’I Musanze Wavugwagaho Kuburirwa Irengero Yarishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2021 8:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tariki  13, Kanama, 2021 umwe mu bakoresha Twitter yanditse atabaza Polisi n’izindi nzego, avuga ko hari umusore witwa Gad Habimana w’i Musanze waburiwe irengero. Polisi yatangaje ko hari abantu bane yataye muri yombi ‘ibakekaho uruhare mu rupfu rwa Gad’.

Uwanditse bwa mbere atabariza nyakwigendera, yavugaga ko ari umusore w’imyaka 21, akaba yarabuze agiye i Kidaho mu Karere ka Burera.

Ngo yari agiye kugurisha mudasobwa igendanwa, hanyuma iwabo baramutegereza amaso ahera mu kirere.

Igitangaje ni uko nyuma y’igihe runaka iwabo wa Gad Habimana babonye umuntu ufite téléphone n’imyenda bya nyakwigendera agiye kubigurisha .

Ngo bamubajije aho nyira byo ari undi avuga ko ngo yishwe akajugunywa mu musarani.

Amakuru twamenye ni uko nyakwigendera yari yarize iby’ubwubatsi akaba yararangije amasomo ye mu mwaka wa 2019.

Polisi kuri Twitter yanditse ko hari abantu bane bafashwe bakurikiranyweho uruhare mu iyicwa ry’uriya musore.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Taarifa ko abafashwe bashyikirijwe ubugenzacyaha, bukaba ari bwo bubakoraho iperereza.

Taarifa iracyashakurikirana iyi nkuru ngo hamenyekane aho umurambo wajugunywe.

TAGGED:featuredKaberaMusanzePolisiUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda Iri Gutereta Mozambique Ngo Yoherezeyo Ingabo
Next Article Agakiriro Ka Gisozi Karongeye Karahiye!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?