Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umusore W’I Musanze Wavugwagaho Kuburirwa Irengero Yarishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umusore W’I Musanze Wavugwagaho Kuburirwa Irengero Yarishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2021 8:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tariki  13, Kanama, 2021 umwe mu bakoresha Twitter yanditse atabaza Polisi n’izindi nzego, avuga ko hari umusore witwa Gad Habimana w’i Musanze waburiwe irengero. Polisi yatangaje ko hari abantu bane yataye muri yombi ‘ibakekaho uruhare mu rupfu rwa Gad’.

Uwanditse bwa mbere atabariza nyakwigendera, yavugaga ko ari umusore w’imyaka 21, akaba yarabuze agiye i Kidaho mu Karere ka Burera.

Ngo yari agiye kugurisha mudasobwa igendanwa, hanyuma iwabo baramutegereza amaso ahera mu kirere.

Igitangaje ni uko nyuma y’igihe runaka iwabo wa Gad Habimana babonye umuntu ufite téléphone n’imyenda bya nyakwigendera agiye kubigurisha .

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ngo bamubajije aho nyira byo ari undi avuga ko ngo yishwe akajugunywa mu musarani.

Amakuru twamenye ni uko nyakwigendera yari yarize iby’ubwubatsi akaba yararangije amasomo ye mu mwaka wa 2019.

Polisi kuri Twitter yanditse ko hari abantu bane bafashwe bakurikiranyweho uruhare mu iyicwa ry’uriya musore.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera yabwiye Taarifa ko abafashwe bashyikirijwe ubugenzacyaha, bukaba ari bwo bubakoraho iperereza.

- Advertisement -

Taarifa iracyashakurikirana iyi nkuru ngo hamenyekane aho umurambo wajugunywe.

TAGGED:featuredKaberaMusanzePolisiUmusore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uganda Iri Gutereta Mozambique Ngo Yoherezeyo Ingabo
Next Article Agakiriro Ka Gisozi Karongeye Karahiye!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?